Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02Iziheruka
Memorial Rutsindura 2017: RRA y’abakobwa yegukanye igikombe itsinze APR
3/07/2017 - 21:35
No Comment
30/06/2017 - 15:03
Madame Jeannette Kagame yatashye amacumbi yubakiwe abagizwe incike na Jenoside (Video)
29/06/2017 - 21:23
Amashanyarazi ntakiri igitangaza mu Ntara y’Iburasirazuba (video)
28/06/2017 - 12:54
Menya byinshi ku bworozi bw’amagweja avamo ubudodo
27/06/2017 - 11:19
Abakinnyi ba filme bamenyekanye muri "Baby Police" batemberejwe Kigali
25/06/2017 - 22:40
Perezida Kagame yateye ibiti mu gishanga cya Nyandungu kigiye kugirwa ubusitani
25/06/2017 - 09:59
Komisiyo y’Amatora yakiriye kandidatire ya Paul Kagame uhagarariye FPR-Inkotanyi
22/06/2017 - 21:30
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo