Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
Africa Day of Information: Development Journalism Award 2025
8/11/2025 - 14:02Iziheruka
VIDEO: Perezida wa Sena Makuza Bernard amaze gutorera i Gacuriro
4/08/2017 - 10:46
VIDEO: Nta ntore itererana indi cyane cyane mu gihe cy’impeshyi - Rucagu
4/08/2017 - 10:36
VIDEO: Umutekano muke watumye Abanyarwanda bari i Burundi na RDC badatora
3/08/2017 - 22:36
Gasabo: Abasaga 500,000 ni bo bakiriye umukandida Paul Kagame wa FPR
3/08/2017 - 19:04
Theo Bosebabireba yashimishije abanya-Gicumbi mu buryo budasanzwe!
3/08/2017 - 13:58
Gicumbi: Ngo isaha iratinze kugira ngo bajye gutora uwatumye bambara inkweto!
3/08/2017 - 13:52
Urugendo rugana Bumbogo rwo gushyigikira Paul Kagame rwakozwe n’amamoto
2/08/2017 - 13:59
Umukandida Paul Kagame yiyamamarije mu Karere ka Gakenke
2/08/2017 - 12:03
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo