Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
RFC yamuritse ifumbire yakozwe hagendewe ku bwoko bw’ubutaka bw’u Rwanda
11/11/2025 - 21:44
H.E. Ms Jeannette Kagame praises Kepler College’s role in inclusive education
12/11/2025 - 20:31
Ntimuzakubite ibituro byacu inkoni, umusingi mwarawubonye - Gen(Rtd) Ibingira ahanura urubyiruko
8/11/2025 - 22:24Iziheruka
Perezida wa Estonia Madame Kaljulaid yasuye MINAGRI anasura ibikorwa by’ikoranabuhanga muri Telecom House
17/11/2017 - 17:06
Perezida wa Estonia yunamiye inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi
16/11/2017 - 23:41
Reba imibyinire idasanzwe igaragara muri Tour du Rwanda 2017
15/11/2017 - 12:20
Bruce Melody yatunguye abafana ba Tour du Rwanda 2017 i Muhanga
14/11/2017 - 12:52
Ibihe by’ingenzi byaranze Tour du Rwanda 2017: Kigali - Huye
14/11/2017 - 08:19
Tour du Rwanda 2017: Aleluya Joseph yegukanye agace ka Kigali-Huye
13/11/2017 - 22:46
Bimwe mu byaranze agace ka mbere ka Tour du Rwanda 2017
12/11/2017 - 20:52
Bannyahe: Abaturage ntibishimiye kwimurwa badahawe ingurane y’amafaranga
11/11/2017 - 21:15
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo