Ibitekerezo ( 5 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
17th Graduation Ceremony of INES Ruhengeri: 1,479 Graduates receive Bachelors and Masters Degrees
1/11/2025 - 11:45
Abahoze muri FDLR basoje amasomo, basubizwa mu buzima busanzwe
31/10/2025 - 07:25
Indege ya Habyarimana: Uko amafaranga y’indishyi yafatiriwe
17/10/2025 - 22:14Iziheruka
EdTech: Guteza Imbere Amasomo ya Siyansi n’ Ikoranabuhanga hifashishijwe Ikoranabuhanga mu Burezi
29/04/2025 - 17:53
"U Rwanda urusasira imigozi rukayiguhambiriza" - Dr Bizimana agaruka ku barwifuriza inabi
25/04/2025 - 23:57
Rubyiruko mube maso, hari abigize impuguke ku Rwanda - Madamu Jeannette Kagame
25/04/2025 - 23:49
Siporo yunze Abanyarwanda: Amateka ya Amb. Karabaranga wakanyujijeho muri Volleyball
24/04/2025 - 13:14
Nangiwe kwiga iseminari bavuga ngo nabyawe n’indaya - Ubuhamya
24/04/2025 - 12:55
Rwanda Beyond The Headlines, Is the Belgian Tail wagging the European dog?
23/04/2025 - 11:32
Abashoferi bagiye kujya bahabwa amanota ku myitwarire yo mu muhanda - ACP Rutikanga
19/04/2025 - 13:47
Mukarubuga ateruye ubuvivi bwe nyuma yo kurokoka Jenoside mu buryo bugoye - Ubuhamya
18/04/2025 - 15:17
icyocyemezo letayafashe kirakomeye kuko ntahandi abatuge bafite ho kwimukira murakoze.
Maze iminsi nitegereza ibitekerezo n’ubukangurambaga ku bigendanye na customer care, nsanga hari ikintu k’ingenzi kiri gusigara kitavuzweho:
Ubwo tuvuga gutanga service nziza reka natwe tuyisaba (gastomazi) tujye tumenya kuyisaba mukuinyabupfura. MPERUTSE KUJYA KUYISABA AHANTU, ARIKO UWARI AMBAJIMBERE ntiyari gasitoma gusa ahubwo yari nk’ikigeragezo. Wagirango abyutse mukabari kandi imvugo ye nayo yari yuzuyemo kutiyubaha na gato. Gusa uwo twari tugiye tuganaho yaragerageje ahaba imfura ariko bimugoye cyane. Ikibabaje rero ni uko nkuriya mugasitoma (customer) Ariwe utera hejuru ngo hatanzwe service mbi.
Nshuti rero banyarwanda biradukwiye ko tumenya icyo dushaka (service) tukongeraho no kumenya kuyisaba mu kinyabupfura murakoze.
Icyo nicyo gihe abanyarwanda tugezemo