Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55Iziheruka
Interview: Uburyo abahanzi bahatanira Guma Guma biteguye ibitaramo bya Live
24/06/2013 - 16:10
Guterana amagambo hagati ya Knowless na Kamichi!
24/06/2013 - 10:01
Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Ngoma(Part III)
15/06/2013 - 11:02
Igitaramo cy’abahanzi bari muri Guma Guma i Ngoma(Part II)
14/06/2013 - 10:35
Abahanzi bari muri Guma Guma mu gitaramo i Ngoma(Part I)
12/06/2013 - 14:15
Iterambere ry’umugore mu Rwanda
7/06/2013 - 16:27
Irushanwa rya PGGSS 3 mu Karere ka Karongi (Part II)
6/06/2013 - 08:57
Igitaramo cy’abahanzi bari muri Guma Guma i Karongi(Part I)
5/06/2013 - 09:19
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.