Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Ibitaro bya mbere mu Rwanda byagemuriwe amaraso na "Drone"
18/10/2016 - 19:26
Huye: Uburyo isiganwa ry’amamodoka ryagenze
18/10/2016 - 12:42
Huye bishimiye kubona Moto ziguruka bari bamenyereye muri firime
17/10/2016 - 15:46
Inyubako ya KCC yandikiwemo amateka ku rwego rw’isi!
17/10/2016 - 12:50
Kwinjira mu Rwanda nta Visa, byatumye abafaransa 2 bahambirizwa
17/10/2016 - 12:45
Inganzo Ngari zatumye abanyamahanga bifuza kumenya guhamiriza
14/10/2016 - 14:04
Bruce Melody yemeza ko ayingayinga Riderman muri Hip Hop
13/10/2016 - 16:56
video : Umuhango wo gushyingura Senateri Mucyo
8/10/2016 - 09:47
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.