Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nzayisenga Sophie amaze kwogoga Isi kubera gucuranga inanga
19/01/2017 - 18:50
Itsinda rya Active bashyize hanze amashusho y’indirimbo yabo "FINAL"
18/01/2017 - 15:07
Umuhango wo gutabarizwa k’Umwami Kigeli V Ndahindurwa mu mashusho
16/01/2017 - 08:45
Uko byari byifashe I Mwima ya Nyanza mbere yo gutabariza Umwami Kigeli V
15/01/2017 - 09:39
RDF iri gufasha MINISANTE gukemura ikibazo cy’ibura ry’amaraso
14/01/2017 - 17:28
Igikorwa cyo gushaka uzaba Miss Rwanda 2017 cyaratangiye
13/01/2017 - 13:22
Udushya twaranze ikiganiro Pasiteri Mpyisi yagiranye n’abanyamakuru!
12/01/2017 - 11:00
Abahindiro baranyomoza amakuru y’Umwami watangajwe nk’umusimbura wa Kigeli V
12/01/2017 - 10:38
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.