Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Iziheruka
Nyamirambo: Agace ka ’Mera Neza’ kongerewe ubwiza kubera Umuganda
25/01/2020 - 23:11
Za mpunzi zavuye muri Libya ziragiye! Norvège yemeye gutwara 450
22/01/2020 - 20:10
Miss Rwanda 2020: Reba numero z’abakobwa 54 bari mu irushanwa umenye n’uburyo watangira kubatora
22/01/2020 - 19:56
BARICUZA: Ubuhamya bw’Abanyarwanda bavuye mu mashyamba ya Congo
22/01/2020 - 14:24
Niba wiga muri kaminuza y’u Rwanda, iyumvire ibitinza buruse uhabwa, ubyirinde
21/01/2020 - 17:45
Abanyakenya batangajwe n’isengesho ryo gusabira igihugu (National Prayer Breakfast)
20/01/2020 - 23:53
Nsengimana wari umuvugizi wa FLN yeretswe itangazamakuru
17/01/2020 - 18:25
Mwimakaze umuco wo gushima – Jeannette Kagame
15/01/2020 - 13:29
Akanozasuku ni ngombwa, ariko narakitegereje nsanga
katakingira indwara z’uruhu uko babivuga, mbona gakwiriye gukoreshwa n’abakozi bo mu nganda cyangwa aho bategura amafunguro kakarinda ko imisatsi yagwa mu biriribwa no mubinyobwa!Byanteye kwibaza.
1.Ese ikigo cy’Ubuziranenge cyaragapimye cyemeza ko ukambaye atakwandura indwara z’uruhu mugiheyambaye casque yambawe n’undi mugenzi urwaye izo ndwara?
2.Ese akanozasuku gakoranye umuti nk’inzitiramibu? Muzansubize.
Bibaye ngombwa ko gakoreshwa, kagurwa n’abatwara motos ku mpamvu zo gutanga servises nziza. Iyo umuntu aguze igicuruzwa mu iduka baramupfunyikira
kugirango nejo azagaruke.
Imana izamuhe iruhuko ridashira kandi twagiye tumukuraho inama nziza cyane zagiye zidufasha kubana n’abandi muri societe.turamuibuka.
Yari Igitangaza, uwo mugabo yakoze akazi kanini aharanira uburenganzira bwa muntu. Mu myaka ye yanyuma, nibwo yaje kumenyeshwa ikibazo cy’abanyarwanda atangiye ku gicukumbura ubwe ngo azagire icyo afasha Imana imuhamagara atabigezeho. Turabimushimira.