Ibitekerezo ( 11 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18Iziheruka
Abafana bashimiye Haringingo, bamunenga kudakurikirana Abedi : Ubutumwa kuri APR FC
10/05/2026 - 15:18
Camarade yavuze ku birarane by’imishara muri Bugesera FC : Uyu mwaka waratuvunnye mu kwitegura Shampiyona
10/05/2026 - 14:55
Umva ubwishongozi bw’Aba-Rayons n’abafana ba APR FC mbere y’umukino
2/05/2026 - 17:29
‘Ntibizongera Kubaho’ bisa n’ijwi ritagira icyo rivuze - Adele Kibasumba
15/04/2026 - 19:59
Kagame: Mufite imico mibi irimo n’ubwirasi, Mufite iki mwiratana?
24/03/2026 - 21:03
Rubyiruko, nimube ku isonga mu kurwanya ikoreshwa ry’ibiyobyabwenge, ubusinzi, ubuzererezi, guhemuka..
22/03/2026 - 14:09
Abafana ba APR FC mu gahinda kenshi babyegetse kuri Marine FC itabyoroheje, banenga abakinnyi
8/03/2026 - 10:17
Ikinamico tuyikina na Rayon Sports - Rujugiro na Sarupongo bahaye ubutumwa Abarayons
8/03/2026 - 09:21
Ubu njye numiwe kbsa kubona abakobwa nkabariya bitesha agaciro bigeze hariya ntakabuza abahungu reka bajye baduseka na senderi kweri ahaaa nabonye abantu koko
Ariko se abantu bavuga ngo kubyina kuriya ntibijyanye n’umuco nyarwanda baba bashaka kuvuga iki? Umuco nyarwanda ni ukwibombarika se? Guhamiriza se? Iriya mibyinire ibaye idakunzwe ntibabona abasubira kubareba. Ibyo isoko rishaka nibyo utanga. In the market economy, iyo abantu babiri bujuje imyaka y’ubukure umwe yumva yagurisha igitsina cye, undi na we akumva yagura, ikibazo economist bibaza ni: Angahe?
nange ndemeranya nawe Fiona,ubuyobozi bwari bukwiriye kwamagana iriya mibyinire kabisa.naho nabereye ubanza ntahandi babyina kuriya imbere y’imbaga.