Ibitekerezo ( 13 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Izikunzwe cyane
Twaje kugaragaza akarengane n’umubabaro wacu - Impunzi z’Abanyekongo
8/01/2026 - 11:21
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06Iziheruka
Twaje kugaragaza akarengane n’umubabaro wacu - Impunzi z’Abanyekongo
8/01/2026 - 11:21
Ali Kiba na Kevin Kade basusurukije abitabiriye igitaramo The Last Nihgt
1/01/2026 - 07:37
Ubucucike mu Mashuri, Guhohotera abangavu, Inkende zonera Abaturage - Ibiri muri raporo y’Abadepite
30/12/2025 - 00:06
Irebere uko Perezida Kagame na Infantino batangije FIFA Football Festival
26/12/2025 - 16:58
Polisi y’u Rwanda yahaye abana impano za Noheli
25/12/2025 - 14:06
Ese ni bande bakwiye kwizihiza Noheli? Padiri Polycarpe Nzayisenga arabisobanura
25/12/2025 - 13:57
Ihere ijisho uko ibirori bya Noheli byari bishyushye kuri Kigali Convention Center
25/12/2025 - 10:27
Polisi yijeje Abanyarwanda umutekano usesuye mu minsi mikuru
24/12/2025 - 13:21
Abahanzi nyarwanda bari babonye uburyo bwiza bwo kwigararagaza, ndetse n’impano zabo, ariko stage zabo nizo kuntengwa paka, imyambaro bambara, buri wese ashaka kwambara nkabandi rimwe na rimwe akambara nibitamubereye, cg nkayamvugo bashaka kwambara pocketdown, udupira nutu jacket twa fake batateguye, ubundi imyambaro y’umustar ayambara yayiteguye , for some reasons means and what i get after in the news, bivuzengo bakagombye gutegura stage zabo kuburyo ibyo uraba wakoze bisigara mubinyamakuru, bitari stage yo gusimbuka,simbuka for everyone uburyo umuntu ashobora kujya kuri stage ntacyo yateguye kiri special aribugaragaze uwo munsi bitewe naho agiye, mbona ikibitera nabo ubwabo nibafata muzika nka biz kandi aho washoye niho wunguka, urashora aywe urushwya no gutanga za giti nkaho wakoresheje ayawe wereka abanyarwanda ibintu byiza bifatika kuburyo bazababazwa nuburyo utatwaye this award , bivuzengo nubwo utazayitwara kuko utatanze ruswa,uzaba ufite abafana bawe concert zawe uzakora bazaza kuko bazi neza ko utabahangika, kandi no mubanyamakuru uzagaragara nkumuhanzi wiyubaha nabo bakubahe, gusa igikwiye nabo banyamakuru bakagombye kwiyubaha, kuba ufatwa ngo ujye gutaranya abantu runaka nuko baba bakubonamo ubushobozi,ubunyanga mugayo ndetse n’ubuhanga, wakagombye rero kubiha agaciro. Iyi ni inama ngiriye abahanzi bose muri rusange. buri wese afate iyi vedeo ayirebe arahita abona amakosaya, nuburyo apfusha amahirwe ye ubusa yo guhura n’abafana.