Nk’uko Kigali Today ibabera hirya no hino mu gihugu, yabateguriye amafoto yo guhera ku wa mbere w’icyumweru gishize, agaragaza uburyo izuba ryagiye rirenga mu duce dutandukanye tw’igihugu.
|
|
Abanyarwanda bari muri Santarafurika bifatanyije n’abaturage b’iki gihugu mu birori byo Kwibohora
Mozambique: Perezida Daniel Chapo yatangaje ko EU izakomeza gutera inkunga ibikorwa byo kurwanya iterabwoba muri Cabo Delgado
Nicyo Gikombe cy’Isi cyanjye cya nyuma-Cristiano Ronaldo
Rayon Sports yasinyishije Umunya-Central African, wabaye umukinnyi wa 12 mushya
Mbega byiza!!! Nkunda kubona IZUBA rirenga cyangwa rirasa.Nta muntu n’umwe bidashimisha.Binyibutsa ukuntu Imana imaze kurema ADAMU yamushyize muli Paradis ya Eden,hari ibintu byinshi byo kureba bishimishije:Inyamaswa,Ibiti,Imigezi,etc...Niko bizaba bimeze mu isi nshya izaba paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Izaturwa gusa n’abantu bumvira Imana,kubera ko abakora ibyo itubuza izabakura mu isi ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Naho abazajya mu Ijuru,bazaba Abami n’Abatambyi,bayobore Isi izaba Paradizo.Byisomere muli Ibyahishuwe 5:13 na Daniel 7:27.Duhatane dushaka Imana,twe kwibera mu gushaka ibyisi gusa,kugirango tuzabe mu Ijuru cyangwa mu Isi izaba Paradizo.Ese mwari muzi ko muli Paradizo tuzaba dukina n’Intare,Inzoka,etc...???Bisome muli Yesaya 11:6-8.