Nk’uko Kigali Today ibabera hirya no hino mu gihugu, yabateguriye amafoto yo guhera ku wa mbere w’icyumweru gishize, agaragaza uburyo izuba ryagiye rirenga mu duce dutandukanye tw’igihugu.
|
|
Hoteli enye zirimo Century Park zafunzwe kubera isuku idahagije
U Rwanda rushobora kubona abashoramari bashya baturutse muri Amerika
Kiyovu Sports yasinyishije umukinnyi wa mbere mushya
U Rwanda na Pakistan byiyemeje imikoranire mu by’ingufu za Nikeleyeri
Mbega byiza!!! Nkunda kubona IZUBA rirenga cyangwa rirasa.Nta muntu n’umwe bidashimisha.Binyibutsa ukuntu Imana imaze kurema ADAMU yamushyize muli Paradis ya Eden,hari ibintu byinshi byo kureba bishimishije:Inyamaswa,Ibiti,Imigezi,etc...Niko bizaba bimeze mu isi nshya izaba paradizo dutegereje ivugwa muli 2 Petero 3:13.Izaturwa gusa n’abantu bumvira Imana,kubera ko abakora ibyo itubuza izabakura mu isi ku munsi w’imperuka.Byisomere muli Imigani 2:21,22.Naho abazajya mu Ijuru,bazaba Abami n’Abatambyi,bayobore Isi izaba Paradizo.Byisomere muli Ibyahishuwe 5:13 na Daniel 7:27.Duhatane dushaka Imana,twe kwibera mu gushaka ibyisi gusa,kugirango tuzabe mu Ijuru cyangwa mu Isi izaba Paradizo.Ese mwari muzi ko muli Paradizo tuzaba dukina n’Intare,Inzoka,etc...???Bisome muli Yesaya 11:6-8.