Ifoto y’icyumweru (Minisitiri Kaboneka mu ifamu ya AERG i Karangazi mu Mutara).
Uretse kuba minisitiri no gufotora ajya abishobora (Photo by Roger Marc Rutindukanamurego).
Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Menya ibyo MTN Rwanda iteganyiriza abakiriya bayo mu minsi iri imbere
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Kenya ari mu ruzinduko mu Rwanda
BK Foundation yateye inkunga urubyiruko 100 rufite impano muri ‘Sherrie Silver Gala 2025’
Imurikabikorwa ku byinjizwa mu Bushinwa ryitezweho kongera ibyo u Rwanda rwoherezayo
kaboneka turamushima cyane kugumya kwifatanya natwe gusa byagakwiye kubera nabandi urugero dufite ubushake imbara zokubaka igihugu ariko ducyeneye nanone ibitekerezo nkibya minister kaboneka.
Imana Igushoboze Kugakora Neza,and Excellence, Paul Kagame.God Bless You,
Nabandi Nibamwigireho
eheheheh! birashimishije kabisa! gusa Minister Uri intwari rwose IMANA ijye ikomeza kubigufashamo tukomeze kugira ejo heza.
mINISTER kaboneka n,imfura nkuko benshi mwabivuze. Agera mubasirimu akaba umusirimu. Yagera mubaturage akagerageza kuba nkabo.Bishatse kuvugako aca bugufi agasshyikirana na bose. Yemwe Muzehe areba kure wamushinze kariya kazi.Burya ntiwamenya ibibazo by,umuntu utamwegereye ngo muganire, we rero yegera bose ntawe assize inyuma ibi ndabivuga kuko nabimubonyeho ahubwo nakomereze aho amenye by,ukuri ibibazo byabaturage. Imana izamushoboze.
yego, Dukeneye abayobozi nka Kaboneka mugihe turi mubihe nkibi aho U rwanda dushaka iterambere rirambye, kandi nishimwe rikomeye kuri prezida wacu, uhora ashakira igihugu ibyiza kandi byishi kubwa hazaza heza hu Rwanda nabanyarwanda.
Big Up kuri gafotozi wiyi foto Rutindukanamurego turamwemera cyane, mu nkera ho bikaba ibindi. Thanx to kigalitoday
Nyakubahwa perezida wa Repubulika azi guhitamo we wahisemo Kaboneka, inshuti y’urubyiruko muri Minisiteri ya Local Governement , akunda abantu agakunda akazi kandi akanasabana n’imfura as some one said before
Minister Kaboneka ni imfura cyane, ni Umusaza mu basaza akaba Umwana mu bana, mbega ntacyo wamunganya Minister Imana ikomeze ikongerere umugisha kandi iguhe gukomezanya umutima mwiza wigirira
nyuma y’indi mirimo n’ibi nabyo biba bikenewe