Ifoto y’icyumweru
I Musanze ngo hari abatunzwe no gutwara inzoga ku magare. Iyo inyota ibafatiye ku nzira bashyiramo umuheha bagasomaho (Photo Leonard Nshimiyimana).
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
AFC/M23 yatangiye kuva mu mujyi wa Uvira
WASAC Group yahawe inama y’ubutegetsi, Wasac Utility ihabwa umuyobozi mushya
Rubavu: BioMassters yorohereje abaturage kubona ibicanwa bihendutse kandi bitangiza ikirere
Abadepite b’u Rwanda batahanye imidari irindwi mu mikino ya EAC
ntakiza kinzoga bavandi niyo waba uyinywa gerageza isuku
sana ndumiwe.kodupfu.ye turibeshi.ukombo.na izo njerekani zisa.birata nga je
Uranyemeje kabs
uranyemeje kabs
ndebera warahi biriya ntibintu koko reka barucye nimugihe
nubwo inzoga ari mbi, ariko umwanda uri kuri ayo majerekani urarenze: njye ndabona ubukana bwa ruriya rwagwa bufatanyije n’ uriya mwanda byakwangiza ubuzima bw’ ababinyoye bagapfa vuba.
inzoga nimbi uyikura mwicupa ikagukura mubagabo