Ifoto y’icyumweru
I Musanze ngo hari abatunzwe no gutwara inzoga ku magare. Iyo inyota ibafatiye ku nzira bashyiramo umuheha bagasomaho (Photo Leonard Nshimiyimana).
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Minisitiri Nduhungirehe yasuye abafatanyabikorwa b’Ubuzima bo muri Isiraheli
Akarere ka Gasabo kari kwifashisha Bibiliya mu bukangurambaga bwa Mitiweri
Ruhango: Umukozi ajya mu butumwa bw’akazi akamara amezi ane atarishyurwa amafaranga ya misiyo
Perezida wa Njyanama ya Ruhango yakerewe muri PAC yitwaza ubwinshi bw’imodoka mu muhanda
ntakiza kinzoga bavandi niyo waba uyinywa gerageza isuku
sana ndumiwe.kodupfu.ye turibeshi.ukombo.na izo njerekani zisa.birata nga je
Uranyemeje kabs
uranyemeje kabs
ndebera warahi biriya ntibintu koko reka barucye nimugihe
nubwo inzoga ari mbi, ariko umwanda uri kuri ayo majerekani urarenze: njye ndabona ubukana bwa ruriya rwagwa bufatanyije n’ uriya mwanda byakwangiza ubuzima bw’ ababinyoye bagapfa vuba.
inzoga nimbi uyikura mwicupa ikagukura mubagabo