Ifoto y’icyumweru
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
|
|
Mu ruzinduko rw’icyumweru muri Espanye, Papa Leo XIV azaganira n’abakorewe ihohoterwa rishingiye ku gitsina n’abihaye Imana
Guverinoma yemereye Zipline ubukode bw’ubutaka bwo kubakaho Ikibuga cya Drone i Karongi
Mu Rwanda hagiye gushyirwaho ikigo gishinzwe ikoranabuhanga ry’ubwenge buhangano
Umwami wa Eswatini yohereje intumwa mu Rwanda kurahura ubwenge mu ikoranabuhanga ry’ubucamanza
Dukore ikigereranyo turebe:
Ikigega=?
Imireko=?
Amatiyo=?
Attache z’imireko=?
Coude=?
Imifuniko y’imireko=?
Robine=?
Kubaka aho kugitereka=?
Umufundi wabyubatse=?
Igihugu kiracyafite byinshi byo gukora no gukosora!ibi ni ukubeshya umuntu ko wamufashije.Ikigega kirarusha agaciro inzu cyubatseho!!!!!!Hari ahandi nageze ho mbona birasekeje cyane muzahanyarukire mutubwire naho i nyamagabe mu murenge wa kibirizi mu mudugudu uri hafi y’ivuriro rya kibirizi!!!!
aha ni mu cyaro i Rubengera n,urugo rw,inturusu
iyo foto iraharagaza umuntu utuye mucyaro ariko w’umusilimu, kuba umunyarwanda usobanutse aho waba utuye hose
Oya ntacyo ivuze. Keretse niba ari igisakuzo. Nicyo gisaba gufindura.
none se ko utagize icyo uyivaugaho ? niyo nziza se ni mbi se?
Yayifatiyehe? Uvuziki ubwo? Namwe mwishakiye akazi kbsa!!!!!!!!!