Ifoto y’icyumweru
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
Ibitekerezo ( 6 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ifoto yafashwe na Roger Marc Rutindukanamurego.
|
|
Komisiyo Perezida Kagame ayoboye izarwanya icyuho cyazanwa na AI mu batuye isi
I Banjul muri Gambiya, Minisitiri Murangwa yatanze inama ku micungire myiza y’amadeni muri Afurika
Icyaha cy’ingengabitekerezo ya Jenoside kigenda kiyongera mu bana bavutse nyuma ya Jenoside - Raporo y’Abadepite
Dr. Eugène Rwamucyo yibwira ko urubanza rwe ruri mu nyungu za Politiki
Dukore ikigereranyo turebe:
Ikigega=?
Imireko=?
Amatiyo=?
Attache z’imireko=?
Coude=?
Imifuniko y’imireko=?
Robine=?
Kubaka aho kugitereka=?
Umufundi wabyubatse=?
Igihugu kiracyafite byinshi byo gukora no gukosora!ibi ni ukubeshya umuntu ko wamufashije.Ikigega kirarusha agaciro inzu cyubatseho!!!!!!Hari ahandi nageze ho mbona birasekeje cyane muzahanyarukire mutubwire naho i nyamagabe mu murenge wa kibirizi mu mudugudu uri hafi y’ivuriro rya kibirizi!!!!
aha ni mu cyaro i Rubengera n,urugo rw,inturusu
iyo foto iraharagaza umuntu utuye mucyaro ariko w’umusilimu, kuba umunyarwanda usobanutse aho waba utuye hose
Oya ntacyo ivuze. Keretse niba ari igisakuzo. Nicyo gisaba gufindura.
none se ko utagize icyo uyivaugaho ? niyo nziza se ni mbi se?
Yayifatiyehe? Uvuziki ubwo? Namwe mwishakiye akazi kbsa!!!!!!!!!