Abagore bo mu cyaro barakataje mu guharanira iterambere ry’ingo zabo
Umugore wo mu Karere ka Burera yahetse umwana yikorera n’umufuka w’ibirayi abijyanye ku isoko (Ifoto: Norbert Niyizurugero).
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Igishushanyo mbonera(2050): Nyagatare yiteguye kuba igicumbi cy’ubuhinzi-bworozi?
AFC/M23 yatangiye kuva mu mujyi wa Uvira
WASAC Group yahawe inama y’ubutegetsi, Wasac Utility ihabwa umuyobozi mushya
Rubavu: BioMassters yorohereje abaturage kubona ibicanwa bihendutse kandi bitangiza ikirere
yallabi mana dusenga tabara ingo ziyiminsi
Urakoze Nkaka urabimvugiye! Ahubwo uwanditse iyo title agashyiraho iyo foto yashinyaguye!!!!
Ariko mana tabara uriya mwana pe!
Yewe biriya si ibyo kwishimira ahubwo abagabo b’i Burera bakunda kwinywera inzoga zitwa inyagasagara abagore babona nta kundi byagenda,bagakora kuriya.Biriya arimo babyita imihepfu.Murumva ko ari danger.
Aha nukubura uko umuntu agira,biragoranye nukuri.
buriyase atsikiye urabona atakwagiza uwahetse?
Kuriya sugushaka iterambere ahubwo nukubura uko agira!harimo imvune cyane!
duharanire kwigira muri byose bityo ibyo aba bagire bakatajemo nibyo bizatuma hari aho bigeza
the picture of the topic doesn’t not compatible with the content
Ahubwo abagore Bo mucyaro barakora imirimo ivunanye cyane!