Abagore bo mu cyaro barakataje mu guharanira iterambere ry’ingo zabo
Umugore wo mu Karere ka Burera yahetse umwana yikorera n’umufuka w’ibirayi abijyanye ku isoko (Ifoto: Norbert Niyizurugero).
Ibitekerezo ( 9 )
Ohereza igitekerezo
|
|
|
|
Abanyarwanda 62% batekewe imitwe hakoreshejwe ikoranabuhanga rya serivisi z’imari
Minisitiri w’Intebe yasobanuye impamvu abuhira imyaka batahawe nkunganire kuri Mazutu na Lisansi
U Rwanda rugiye gushyira imbaraga mu nganda zifashisha ibikoresho fatizo biboneka mu gihugu
MINISANTE igiye kugura ibitanda ibihumbi bitatu by’abarwayi
yallabi mana dusenga tabara ingo ziyiminsi
Urakoze Nkaka urabimvugiye! Ahubwo uwanditse iyo title agashyiraho iyo foto yashinyaguye!!!!
Ariko mana tabara uriya mwana pe!
Yewe biriya si ibyo kwishimira ahubwo abagabo b’i Burera bakunda kwinywera inzoga zitwa inyagasagara abagore babona nta kundi byagenda,bagakora kuriya.Biriya arimo babyita imihepfu.Murumva ko ari danger.
Aha nukubura uko umuntu agira,biragoranye nukuri.
buriyase atsikiye urabona atakwagiza uwahetse?
Kuriya sugushaka iterambere ahubwo nukubura uko agira!harimo imvune cyane!
duharanire kwigira muri byose bityo ibyo aba bagire bakatajemo nibyo bizatuma hari aho bigeza
the picture of the topic doesn’t not compatible with the content
Ahubwo abagore Bo mucyaro barakora imirimo ivunanye cyane!