• Dore kode zikwereka niba telefone yawe yarinjiriwe (Igice cya mbere)

    Abantu benshi usanga bakunze gufata telefone zabo nk’ibikoresho byo kwirangaza, kandi nyamara ahubwo ari ibikoresho by’ingirakamaro bibitse amabanga, amafoto, amakuru arebana n’umutungo (amafaranga), n’ibindi byinshi bifite akamaro mu buzima bwa buri munsi. Muri make kwandarika telefone ntaho bitaniye na wawundi urata abana (…)



  • Vitamine D: Akamaro kayo, ingaruka z’ubuke bwayo mu mubiri n’aho ituruka

    Iyi ni vitamine ikorwa mu buryo butandukanye n’ubw’izindi zikorwamo, kuko itunganywa n’uruhu ubwarwo rwifashishije imirasire y’izuba.



  • Amavuta ya Elayo

    Kunywa amavuta ya Elayo buri munsi bigabanya ibyago byo kwicwa n’indwara zitandura - Ubushakashatsi

    Ubushakashatsi bwakozwe kuva mu 1990 buherutse gutangazwa n’Ikigo cy’Abanyamerika cyiga ibijyanye n’ubumenyi bw’umutima (ACC), bugaragaza ko kunywa igice cy’ikiyiko kinini cy’amavuta ya Elayo (huile d’olive/Olive oil) buri munsi bigabanya ibyago byo kwicwa n’indwara z’umutima, Kanseri (cancer), ndetse n’indwara zifata (…)



  • Inyama y’inkoko ifasha mu guhangana n’ibicurane - Ubushakashatsi

    Mu biguruka biribwa inkoko iza ku mwanya w’imbere, kandi ikaba n’urugero rwiza rw’inyama z’umweru. Muri iyi nkuru tugiye kuvuga umwihariko w’inyama z’inkoko, byaba byiza ibaye imwe bita inyarwanda.



  • Umwaka wa 2021 mu yagize ubushyuhe bwinshi ku isi – Ubushakashatsi

    Abashakashatsi bagaragaje ko umwaka wa 2021 wabaye uwa gatandatu mu myaka isi yagize ubushyuhe bwinshi, ukurikije ibipimo by’ubushyuhe bishya bwashyizwe ahagaragara. Abahanga mu bya siyansi bavuga ko ikibazo cyubushyuhe ari icy’igihe kirekire ndetse bigaragazwa n’ibimenyetso mpuruza.



  • Dore uburyo bworoshye bwo kwirinda ubujura bukoresha itumanaho

    Muri ibi bihe ikoranabuhanga rikomeje gukataza mu iterambere, ni na ko abagizi ba nabi barushaho kugenda biga amayeri yo kurikoresha mu bujura no mu bindi byaha.



  • Nta mparage ihuza imiterere y

    Wari uzi ko nta mparage ihuza imiterere y’amabara yayo n’indi?

    Umukozi wa Pariki y’Akagera ushinzwe kuyihuza n’abaturage akaba n’umuyobozi wa ba mukerarugendo utarabigize umwuga, Tuyisenge Martin, avuga ko nta mparage ihuza imiterere y’amabara n’indi n’ubwo uzirebye atamenyereye ibyazo abona zoze zisa.



  • Kwivura umutwe watewe n’isindwe ukoresheje ‘paracétamol’ ni ukwiroga - Ubushakashatsi

    Nyuma y’ijoro riba ryaranzwe no kunywa umuntu agasinda, abyuka arwaye isindwe cyangwa se ibyo bita hang over/Gueule de bois, bityo akameneka umutwe ku buryo hari abahitamo kunywa ibinini mu kwivura.



  • Menya ibyiza bya ‘sésame’ n’ibyo kwitondera kuri yo

    Igihingwa cya sésame gifite inkomoko muri Aziya, imbuto zacyo zikoreshwa mu mafunguro atandukanye, abantu bakaba bayikoresha mu buryo bunyuranye bitewe n’ibyo buri wese akunda.



  • Dore ‘Emojis’ zo kwitondera bitewe n’aho uri

    Ibimenyetso (Emojis) bitandukanye bikoreshwa akenshi mu butumwa bugufi kuri telefone, bigira ibisobanuro binyuranye bitewe n’aho umuntu ari (igihugu), bityo rero ni ngombwa gushishoza mbere yo kubikoresha.



  • Sobanukirwa ingaruka ziterwa n’imyuka isohoka muri Nyiragongo

    Impugucye zishinzwe gukurikirana ikirunga cya Nyiragongo zatangaje ko cyongeye kugira Amazuku yaka umuriro mu nda yacyo, ndetse kikaba kirimo kuzamura imyotsi myinshi mu kirere.



  • Menya imibereho y’intare n’uko zororoka

    Intare ni inyamaswa y’inkazi abantu benshi batinya ndetse no kumenya ubuzima bwite bwayo biragoye, bimwe mu byo twaguteguriye ni uburyo ibaho mu myaka cumi n’ine ku isi.



  • Kuvanga Coca-Cola n’inzoga ni uburozi bukomeye ku mubiri

    Kenshi usanga abantu bamwe iyo barimo kunywa ibisembuye, cyane cyane byo mu bwoko bwa likeri (Bond7, Konyagi, J&B, V&A, …) cyangwa se bakaba ari abiga kunywa inzoga, bakunze kuvangamo Coca-Cola.



  • Dore uko wakwivura uburwayi bwo gusarara

    Gusarara bishobora guterwa n’impamvu zitandukanye. Hari ibiterwa na ‘infections’ zizanwa n’ibicurane n’inkorora, hari ibiterwa no gusakuza cyane, icyo gihe bikaba bitavurwa na ‘antibiotics’.



  • Reba bamwe mu banyamakuru ba Kigali Today Ltd kera n’ubu (Amafoto)

    Uko ibihe bihinduka ni nako abantu bahinduka. Bamwe mu banyamakuru ba Kigali Today Ltd ushobora kuba ujya ubumva ubu cyangwa ubazi ubu, cyangwa se ukaba utari ubazi. Ushobora no kuba ubazi kera ariko ubu ukaba udaheruka kubabona. Aya ni amwe mu mafoto yabo ya kera n’ay’ubu.



  • Wari uzi ko ibihumyo ari ifunguro ryuzuye?

    Amateka avuga ko ibihumyo biribwa bifite inkomoko muri Chili, mu myaka 13.000 ishize. Akomeza agaragaza kandi ko igerageza ryabyo ryakorewe mu Bushinwa, hakaba hashize imyaka hagati ya 6000 na 7000. Ibindi bihugu amateka yabyo agaragaza ko abaturage babyo bamaze imyaka myinshi bazi ibihumyo ni Mexique na Turquie.



  • Umuriro

    Emojis n’ibisobanuro byazo (Igice cya I)

    Imbuga nkoranyambaga zitandukanye zigira utumenyetso (EMOJIS) dukoreshwa mu guhererekanya ubutumwa mu rwego rwo kwirinda kwandika amagambo menshi, kandi ubutumwa bukumvikana kurushaho, cyane cyane ubushingiye ku byiyumviro mbamutima. By’umwihariko dufashe urugero rw’urubuga rwa WhatsApp, dusangamo emojis nyinshi cyane (…)



  • Menya ibijyanye no gusuzuma umurambo (Autopsy)

    Ni kenshi inzego zibishinzwe zikunze kujya gupima umurambo cyangwa se uturemangingo ndangasano (ADN, DNA), kugira ngo hamenyekane inkomoko ye mu gihe habayeho gushidikanya, bamwe bakibaza uburyo bikorwa n’aho bikorerwa, niba se badashobora gutwara ibice bimwe by’umurambo n’ibindi.



  • Sobanukirwa aho Noheli n’itariki 25 Ukuboza bikomoka

    Abantu benshi ku isi bishimira umunsi mukuru wa Noheli nyamara bamwe ntibasobanukiwe aho uwo munsi mukuru wizihizwa nyirizina na Kiliziya Gatolika waturutse, icyakora Padiri Ndagijimana Theogene wiga Amategeko ya Kiliziya i Roma, arawusobanura byimbitse.



  • Sobanukirwa zimwe mu mpamvu zitera umubyibuho ukabije

    Imibare y’abafite umubyibuho ukabije ikomeje kuzamuka ku rwego rw’isi muri rusange, hatitawe ku rwego rw’ubukene cyangwa ubukire.



  • Dore amafunguro umunani udakwiriye gufata nijoro

    Amwe mu mafunguro cyangwa ibinyobwa si byiza kubifata nijoro mu gihe umuntu ari hafi kuryama, kuko bishobora kumubuza gusinzira cyangwa akarara nabi bityo akabyukana umunaniro.



  • Wari uzi ko ibihumyo bifasha guhangana n’indwara y’agahinda gakabije?

    Ibihumyo biba mu itsinda ry’ibimera, ariko ntibikora ikizwi nka ‘photosynthèse’ ari na yo mpamvu bitagira ibara ry’icyatsi muri byo, bikagira ibara ry’umweru.



  • Burya kugira ubwoba bwo kuvugira mu ruhame ni indwara ariko ikira

    Glossophobie cyangwa se Glossophobia ni ukugira ubwoba bwo kuvugira mu ruhame (mu bantu benshi). Ni indwara ikunze kwibasira abantu benshi, aho ubushakashatsi bwagaragaje ko abagera kuri 75% by’abatuye isi biyumvamo ubu bwoba bwo kuvugira mu ruhame ariko ku kigero kitari kimwe, nk’uko Wikipedia.org ibisobanura.



  • Dore uburyo bw’ibanze bufasha umubyeyi kugira amashereka ahagije

    Hari ababyeyi usanga bafite ikibazo cyo kubura amashereka cyangwa se bakagira adahagije, yemwe bikaba byanahera umwana akivuga.



  • Kunywa amazi arenze urugero bishobora gutera uburwayi (Ubushakashatsi)

    Ubusanzwe uturemangingo twose tw’umubiri dukenera amazi kugira ngo dukore neza; ariko iyo umuntu anyweye amazi menshi arenze urugero bigira izindi ngaruka mu mubiri. Ni byo mu kiganga bita ‘overhydration’ (amazi arenze akenewe mu mubiri).



  • Wari uzi ko umuceri ukorwamo amata afasha abana gukura neza?

    Ubusanzwe amata akoze mu bimera ntamenyerewe cyane cyane mu muryango nyarwanda. Kugeza ubu, usibye amata akomoka ku matungo by’umwihariko ay’inka, afite agaciro kanini haba ku buzima bw’Abanyarwanda ndetse no mu muco wabo, amaze kumenyekana ariko nabwo adakunzwe na benshi ni amata ya Soya.



  • Dore uko wabika ibiribwa ntibyangirike vuba

    Umugati Kugira ngo umugati ubashe kumara igihe kirekire utangiritse, ushobora kuwubika mu ishashi yabigenewe ukawuzingiramo, cyangwa ukawushyira mu gafuka ka plastic gafite imashini gashobora kongera gukoreshwa, cyangwa se mu gasanduku gato kagenewe imigati (bread box).



  • Umugore utwite yakwitwara ate ku bijyanye n’ibyo aha umubiri we?

    Inshuro nyinshi umugore utwite akunze kwisunga bagenzi be abaza uko bitwaye ubwo bari batwite, rimwe na rimwe agafata inama nyinshi zitandukanye kandi zishobora kwangiza ubuzima bwe n’ubw’umwana atwite.



  • Guseka: Umuti w’indwara nyinshi

    Isi abantu batuyeho irimo uruhurirane rw’ibibazo byinshi aho usanga umuhangayiko (stress) uterwa n’akazi kiyongeraho izindi nshingano nyinshi byarasimbuye burundu ibikorwa by’imyidagaduro byagafashije abantu kuruhuka.



  • Icyayi cy’ikimera cyitwa ‘Camomille’ gifasha guhangana na stress

    Camomille (Kamomiye), izwi cyane nk’icyayi kinyobwa mbere yo kuryama kubera akamaro kayo mu bijyanye no guhashya stress no gutuma umuntu abona ibitotsi.



Izindi nkuru: