Joseph Kabila yahuriye n’abakomeye mu isabukuru y’amavuko y’Umwami Mswati

Uwahoze ari Perezida Joseph Kabila yitabiriye kuri uyu wa Gatanu ibirori byo kwizihiza Umwami Mswati III, wizihije imyaka 58 y’amavuko n’imyaka 40 amaze ku ngoma mu gihugu cya Eswatini.

Ni umuhango witabiriwe n’abayobozi batandukanye n’ibindi byamamare mpuzamahanga.

Amafoto yagiye hanze, yagaragaje Kabila aganira na Perezida Emelson Mnangagwa wa Zimbabwe, na cob Xuma wahoze ari Perezida wa Afurika y’Epfo.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka