Umushyitsi w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo wa OIF yageze i Kigali kwitabira Africa CEO Forum

Louise Mushikiwabo, Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), yageze i Kigali aje kwitabira ibikorwa by’Inama ya Africa CEO Forum.

Madamu Mushikiwabo aje mu Rwanda mu gihe Kigali iri kwitegura kwakira iyi nama mpuzamahanga ihuza abayobozi b’ibigo bikomeye, abafata ibyemezo mu nzego za Leta n’abashoramari baturutse hirya no hino ku Isi, bagamije kuganira ku iterambere ry’ubukungu bwa Afurika n’uruhare rw’abikorera.

Ibitekerezo  

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka