Ubwo yari ageze ku Kibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Kigali, ku gicamunsi cyo kuri wa 13 Gicurasi 2026, Chapo yakiriwe na Minisitiri w’Ubutabera akaba n’Intumwa Nkuru ya Leta, Emmanuel Ugirashebuja n’abandi bayobozi barimo Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda (RDF), Gen MK Mubarakh.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|