Yagize ati "iyo dutegura amasomo ya Polisi, dutegura n’ibishobora kuzabaho. Dutunguwe se bikaba? Ntabwo tubiteganya, ariko birashoboka.Bibaye se bigenda gute?"
Ikindi ariko, yibukije ko hari n’ibindi bihugu Polisi y’u Rwanda ifasha kugarura umutekano, mu butumwa bw’amahoro, ariko ugasanga imyigaragambyo ikunze kuhaba. Icyo gihe usanga abapolisi bacu bakoze biriya biga. Wenda iwacu ntibihari, ariko ahandi birahari."
Yavuze ati "suko tubiteganya, si n’uko tuvuga ko bizabaho, ariko rero ntitwakwicara ngo tudamarare."
Nyamara kandi avuga ko n’ubwo nta byihebe byigeze bigaragara mu Rwanda, ariko umuntu agomba gutekereza uko yabyitwaramo biramutse bibayeho."
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
|