Ibitekerezo ( 10 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Perezida Ruto yambariye urugamba rwo kurwanya ubusinzi
CAN 2025: Perezida wa Gabon yahagaritse ikipe y’igihugu
U Rwanda ruyoboye Afurika mu koroshya ishoramari - Raporo ya Banki y’Isi
Abanyekongo bavuga ikinyarwanda babwiye Gen. Ekenge uburyo yabababaje
umusaza turamwemera ntabwo aheru ste kudusura
Umusaza Wacu Ntawamuruta Iyamuhanze Imuhore Imbere Muri Byose Abamusebya Bo Mubareke Nuko Batamuzi.
umusaza turamwemera nakomeze atuyobore.
Imana irakarama yoyaduhaye uwotwashakaga Kagame Paul ngabo ihorana ubumanzi gahore ahatuje.komeza utuyobore turagushigikiye.komeza uduteze imbere kdi tugushimiye uburyo udahwemakutugira umwe.nokudaheza awariwe wese utavanguye yaba umukobwa cg umuhungu yaba abafite ubumuga abobose ntabo uheza.kd uri umubyeyi twese twibonamo.turifuzako mwakongera ishuriryubumenyi ryabana bafite ubumuga.nibitaro byabo kuko abeshi turi abakene akeshi abana bacu babuzwa uburenganzira bwabobitewenimiryango bavumo bityo ntibabone uburenganzirabwokuvurwa.cg imirire mibi.
Muzehe wacu ndamukunda ,nakomeze atuyobore IBIHE BYOSE .
TWeseturamukunda
twishimiyeukwamatorayagenze
Turifuza ko umusaza wacu akomeza kutuyobora rwose turamukunda akadukunda,ariko n’abazamufasha bazamukurikize basenyere umugozi umwe .u Rwanda ruzaturyohera pe!
kko tutabihishe hari abamuvangira.
Turamwera Kagame
Nkabanyarwanda turifuzako uwatorerwa kutuyobora iyimyaka 7 irimbere yagabanya imisoro kubakizamuka urakoze