Knowless na Fireman ntibazagaragara muri roadshow izabera i Nyamagabe

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 15:18'
Ibitekerezo ( )

Abahanzi babiri bari mu bahanzi 11 bari guhatanira kwegukana insinzi ya PGGSS3 ntibari bugaragare mu bahanzi bazaririmbira abakunzi babo ku munsi w’ejo tariki 18/05/2013 i Nyamagabe.

Dream Boys ngo ntizasubirana na Muyoboke

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 12:04'
Ibitekerezo ( 1 )

Platini, umwe mu basore babiri bagize itsinda rya Dream Boys yadutangarije ko ibivugwa ko bazasubirana na Muyoboke Alexis wigeze kubababera Manager ari ibihuha kuko ababivuga batazi aho babikura.

Lil G azamurika amashusho y’indirimbo ye « Imbabazi »

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 09:31'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi Karangwa Lionel uzwi ku izina rya ‘Lil G’ yateguye igitaramo cyo kumurika amashusho y’indirimbo ‘‘Imbabazi’’ yakoranye na Mani Martin. Iki gitaramo kizabera muri New Bandal hirya gato ya Alpha Palace tariki 18/05/2013 guhera ku isaha ya saa tatu za nijoro.

Muri PGGSS 3 sim card yemerewe gutora inshuro irenze imwe ku munsi

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 16:45'
Ibitekerezo ( )

Nyuma yo gutangaza ko noneho sim card imwe yemerewe gutora inshuro nyinshi ku munsi, benshi mu bakurikiranira hafi muzika nyarwanda by’umwihariko amarushanwa ya PGGSS 3 byabateye urujijo.

Umuririmbyi Masamba Intore agira inama urubyiruko rw’iki gihe

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 15:15'
Ibitekerezo ( )

Umurirmbyi wo mu Rwanda Masamba Intore arashishikariza urubyiruko rw’iki gihe kujya rwegera abantu bakuze rukaganira nabo kugira ngo rumenye amateka nyayo y’u Rwanda ndetse runamenye ibiranga umuco Nyarwanda.

Eric Senderi ngo azashakira abagabo abakobwa bazamutora mu marushanwa Guma Guma

Yanditswe ku itariki ya: 14-05-2013 - Saa: 10:39'
Ibitekerezo ( )

Umuhanzi Eric Senderi ubu uri mu bahanzi 11 bari guhatanira kwegukana insinzi ya Primus Guma Guma Super Star 3, ngo yiteguye gushakira abagabo abakobwa bababuze bazamutora.

Nyanza: Abafana ba Young Grace na Allioni ijoro ryabakereyeho bakibategereje baraheba

Yanditswe ku itariki ya: 12-05-2013 - Saa: 10:31'
Ibitekerezo ( 1 )

Mu gitaramo cyagombaga kubera muri Motel Ideal iri mu mujyi wa Nyanza mu ijoro rya tariki 11/05/2013 hategerejwemo abahanzikazi Young Grace na Allioni burinda bucya nta n’umwe muri bo uhageze.

Dj Adams agiye gusubizwa mu rukiko

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 12:20'
Ibitekerezo ( 9 )

Umunyamkuru kuri City Radio Aboubakar Adams uzwi ku izina rya Dj Adams ngo yaba agiye gusubizwa mu rukiko nyuma y’umwaka amaze afungishijwe ijisho kubera ibirego akurikiranweho byo kuryamanye n’umwana w’umukobwa utaruzuza imyaka 18.

Abahanzi batandatu b’Abanyarwanda bazitabira Groove Awards bamenyekanye

Yanditswe ku itariki ya: 9-05-2013 - Saa: 12:05'
Ibitekerezo ( )

Abahanzi nyarwanda batandatu bazitabira Groove Awards izaba tariki 01/06/2013 bamenyekanye. Iri rushanwa ribera mu gihugu cya Kenya rigahuza abahanzi bo mu karere baririmba indirimbo zihimbaza Imana.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile