Yanditswe ku itariki ya: 8-03-2013 - Saa: 16:23'
Ibitekerezo
(
1
)
Intumwa yihariye y’umuryango w’ubumwe bwa Afurika, Ambasaderi Aboubacar Diarra mu karere k’ibiyaga bigari aremeza ko mu byumweru bike ingabo z’amahanga zigomba guhangana n’imitwe yitwaza intwaro mu burasirazuba bwa Congo zizaba zahasesekaye ndetse izi ngabo ngo zikazaba zinashinzwe no kubungabunga imipaka y’ibihugu bihana imbibe na Congo byakomeje gutungwa agatoki gukorana n’imitwe yitwaza intwaro.
|