Abatuye Gatebe barasaba ko imirimo yo kubaka ivuriro ryabo yihutishwa

Yanditswe ku itariki ya: 19-05-2013 - Saa: 08:13'
Ibitekerezo ( )

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyagatare buratangaza ko bugiye kuganira na rwiyemezamirimo wubaka poste de santé mu mudugudu wa Gatebe ya 2 mu murenge wa Rwimiyaga kugirango irangire vuba.

Huye: Umusaza Batura azi ubwoko 360 bw’ibyatsi bivura

Yanditswe ku itariki ya: 17-05-2013 - Saa: 12:36'
Ibitekerezo ( 4 )

Umusaza witwa Christophe Batura, atuye mu Murenge wa Tumba mu Karere ka Huye avuga ko azi ubwoko bw’ibyatsi 360 yifashisha mu kuvura indwara zitandukanye.

Kurwanya idwara z’ibyorezo byacishijwe mu mashuli

Yanditswe ku itariki ya: 16-05-2013 - Saa: 16:20'
Ibitekerezo ( )

Kugabanya indwara z’ibyorezo n’izifata abantu ziturutse ku nyamanswa niyo ntego ya One Health Student’s Club ikorera muri kaminuza Umutara Polytechnic no mu ishuli ry’ubuforomo n’ububyaza rya Nyagatare yafunguwe ku mugaragaro.

Kisaro: Hari abaturage batabona uko bivuza kuko bibuze ku rutonde

Yanditswe ku itariki ya: 15-05-2013 - Saa: 11:20'
Ibitekerezo ( )

Bamwe mu baturage batuye mu murenge wa Kisaro mu karere ka Rulindo, baravuga ko bahangayikishijwe n’ikibazo cyo kubona uko bivuza kuko bibuze ku rutonde rw’abagomba kurihirwa mu ubwisungane mu kwivuza.

Huye: Bafashe ingamba zizatuma abaturage bitabira mitiweri 100% mu mwaka utaha

Yanditswe ku itariki ya: 13-05-2013 - Saa: 17:39'
Ibitekerezo ( )

Abakora umurimo w’ubukangurambaga mu bijyanye n’ubwishingizi mu kwivuza mu Karere ka Huye, kuva ku rwego rw’Akarere kugeza ku rw’umudugudu, biyemeje ko umwaka w’ingengo y’imari utaha uzarangira abaturage bo muri aka Karere bose baritabiriye ubwisungane mu kwivuza.

Ikigo cy’urubyiruko cyashyizeho abakangurambaga b’urungano mu kwirinda inda zidateganijwe na SIDA

Yanditswe ku itariki ya: 13-05-2013 - Saa: 08:50'
Ibitekerezo ( )

Ikigo cya Kimisagara gishinzwe gufasha urubyiruko guteza imbere umurimo n’umusaruro, cyashyizeho abakangurambaga b’urungano gihereye ku rubyiruko, kugira ngo ingamba za Leta zo kuboneza urubyaro no kurwanya icyorezo cya SIDA zigerweho ku kigereranyo kiri hejuru.

Nyamagabe: Abashinzwe amashami ya mituweli bahawe amapikipiki yo kubafasha mu kazi kabo

Yanditswe ku itariki ya: 11-05-2013 - Saa: 09:19'
Ibitekerezo ( 1 )

Akarere ka Nyamagabe kahaye abashinzwe amashami y’ubwisungane mu kwivuza mu mirenge amapikipiki yo kubafasha mu kazi kabo, hagamijwe kurushaho gukora ubukangurambaga no gushishikariza abantu kwitabira ubwisungane mu kwivuza, kuri uyu wa Gatanu tariki 10/05/2013.

Gakenke: Farumasi zitubahiriza amabwiriza ya MINISANTE zishobora kubangamira mitiweli

Yanditswe ku itariki ya: 10-05-2013 - Saa: 12:20'
Ibitekerezo ( 2 )

Bamwe mu bayobozi bo mu Karere ka Gakenke batangaza ko farumasi zitubahiriza amabwiriza ya Minisiteri y’Ubuzima zibangamira gahunda y’ubwisungane magirirane mu kwivuza buzwi nka mitiweli kuko abaturage badafite mitiweli bajya kugura imiti muri farumasi batabanje kujya kwa muganga.

Umuyobozi w’uruganda GSK rukora imiti mu Bwongereza yasuye ibitaro bya Butaro

Yanditswe ku itariki ya: 8-05-2013 - Saa: 17:17'
Ibitekerezo ( 5 )

Umwongereza Sir Andrew Witty ukuriye uruganda GSK (GlaxoSmithKline) rukomeye ku isi mu gukora imiti ivura indwara zitandukanye zirimo na kanseri, kuri uyu wa 08/05/2013 yasuye ibitaro bya Butaro biri mu karere ka Burera, mu rwego rwo kureba imikorere yabyo.

Pages 1 | 2 | 3 | 4 | 5 | 6 | 7 | 8 | 9 | ...
Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile