Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
Turashima Mayor wa nyanza uko ateza imbere nyanza na rayon sport ariko IMIHANDA IHUZA IMIRENGE YABAYE IMYOBO,IMIKUKU,NAKORE IBISHOBOKA IMIHANDA IKORWE NAHO UBUNDI IZI MODOKA ZAFASHAGA ABATURAGE MU NGENDO N’IZINDI SERVICE BIRAZA GUHAGARARA Cg AZANE INDEGE ZITWARA ABAGENZI MU MIRENGE IGIZE AKARERE KA NYANZA.
service nziza se zahe ko abayobozi benshi usanga wagirango ibyo barimo ntibabisobanukiwe
Banyarwanda,Banyarwandakazi nikoko isi yabaye iy’amafaranga ariko ntitwaguma kurebera abanyaga ubutunzi by’ igihugu banyunyuza imitsi y’abaturage mwitwaje y’uko ngo mwazamuwe munzego zifata ibyemezo mu mirenge.Nkasaba leta gukurikirana icyo kibazo naho barigisha abana babo gushakira indonke mubyibano nka bitugukwaha.
Ntakibaho kitagira impamvu, njye nibaza icyatuma uwo etat civil wa Busoro avugwa bigeze aho? Ese ni imikorere myiza bamushima cyagwa ni ibikorwa bibi nk’ ibyi isiha rusahuzi cg nuko iyo bisa n’ibimenyekanye rimwe babona bimuwe bakajya kuyogoza ahandi bimuriwe? Nyje kubwange ibyavuzwe nabiha agaciro nkagenzura inkuru mbarirano dore ko ituba.Ubundi tukihesha agaciro dutanga service zinoze duteza imbere imiyoborere myiza.
TURASHIMA GITIFU WA BUSORO SECTOR/NYANZA,ATANGA SERVICE NZIZA,NTA MUTURAGE URENGANA YAMUGEZEHO,AHUBWO ABATURAGE NIBATINYUKE BAMWEREKE ABO BARUSAHURIRA MU NDURU BATUMA UMURENGE WACU UVUGWA NABI
NDUMVA HARIMO KUBARENGERA UBANZA IYO ETAT CIV.NA AFFAIRE SOC.BA BUSORO/NYANZA (CHARLES &JANVIER)BATSE RUSWA MUSHOBORA KUBA MUSANGIRA.IBYO UBARENGERABYO NINKO KWIKIRIGITA UGASEKA KUKO TWARABATAHUYE,BUSORO IZAGARURA ISURA NZIZA ARI UKO BAKUWE MURI BUSORO(MAYOR NATABARE INTAMA YARAGIJWE NA NYAKUBAHWA PAUL KAGAME.
ndashima ubuyobozi bwiza dufite kuko 85% abaturage duhabwa service neza gusa bakomerez’aho
Ariko ubundi nibarize, sociale na etat civil ni ibihe bibazo bahuriramo muvuga ko basaba abaturage kubaha akantu,ibi ntaho bitaniye na za njiji zandika tracts(inyandiko zitagira abazanditse) icyo gihe twarakirenze nta mpamvu yo kutavuga ikibazo cyawe; uko ubuyobozi bwubatse turabizi, reka gukorera mu mwijima diiiiii !!!!
Yewe muntu uvuga Busoro ngo wabuze service, ko kuri buri rugi hariho nomero za telefone wahamagara igihe utanyuzwe na service uhawe, warabigerageje biranga ??? n’Umuyobozi w’Umurenge aguhaye servise mbi hari nomero uhamagara, warabikoze biranga ?? mumenye gukoresha inzego kuko zirahari
Wowe uvuga kuri Civil Busoro niba utari indondogozi, uko inzego z’ubuyobozi zubatse wagaragaje ikibazo cyawe ubura uguha igisubizo ? Ese servise wasabye ukayibura ni iyihe? Ko abayobozi bacu tuzi imikorere kandi ko nta banga kujya kugaragaza akarengane, ubundi kuki utajya aharagara ?
Wenda uvuga ukuri ariko uko tuzi imitangirwe ya service ushobora kuba hari icyo ukinga abantu
Gutanga igitekerezo nibyo, ariko kuvuga ibyo udafitiye gihamya nabyo ntabwo aribyo; kuvuga ngo Etasivire Busoro arya ruswa utavuze igihe yayiririye n’ikibazo runaka yayiriyemo, uratera urujijo; turamuzi uko akora ibyo uvuga ntaho bihuriye n’uko tumuzi. Niba hari icyo mupfa inzego zirahari kuva kubashinzwe umutekano kugeza no ku muyobozi w’akarere.
Va mu matiku !
Kugaragaza ibitagenda ni byiza ariko gusobanura neza igihe Etat Civil Busoro yaba yaratse ruswa n’ icyo yayakiye byaba byiza kugira ngo tuve mu rujijo kuko dusanzwe tumugana kandi akadufasha ntakiguzi.
Murakoze
Turashimira leta yacu,ariko Uyu muntu ushyize ahagaragara Etat civil Charles NKUNDAKOZERA na affaire social janvier bakorera kumurenge wa Busoro mu karere ka nyanza,arakoze kuko baranyunyuza abaturage cyane kdi tuzi ko service zose zitangwa zitakagombye gutangirwa inyoroshyo(bituga ukwaha)cyane cyane mu kwishyuriza abacitse ku icumu imitungo yabo yangijwe muri jenoside no gutanga ibyangombwa biva muri affaire social.turasaba mayor wacuWA NYANZA kudukurikiranira imikorere yabo bantu babiri bakorera muri Busoro.niba atati ibyo baravangira gahunda za nyakubahwa perezida wa repubulika y’uRwanda.niba mushaka kumenya amakuru neza muzabaze abaturage bose abantu bishe UMURENGE WA BUSORO,Bazababwira abo biyita abayobozi .
Umwe mubayobozi b’umurenge wa BONEZA mu karere ka RUTSIRO yahitanywe n’impanuka y’imodoka.
Ndatabaza abaturage baturiye inkambi ya Kigeme bishwe n’inzara kubera kudahinga kuko babujijwe gukorera mu
asambu yabo ngo bazabagurira.
Mayor wacu wa nyanza,turamushima ariko nadukize abayobozi barya ruswa kugirango babone gutanga service.ba etat civilecyane cyane Charles Nkundakozera na affaire social witwa janvier bo mumurenge wa BUSORO.nta muntu ugihabwa service atabanje kugira icyo abaha ,twabarambiwe kdi turabamaganye.
meya wa rurindo na twishyurize rwiyemezamirimo witwa natani wambuye abaturage naho ubundi azageraho asdebe
uavuga ngo rurindo ooye kdi meya yatanze kwishyuriza aba koze mumuhanda Kigali musanze,
Ndatabaza kuko intore za NYARUGURU dukomerewe no kuyoborwa n’umutahira UMULISA Josiane wari ubishoboye ariko ingeso yo gukunda umugayo asenya urwe n’urw’abandi ikaba yaramunaniye.
Yashenye urwe na Aplhonse arusenyera mu rwa GITIFU none umugore wa Gitifu yaramubishije.
Mwatabaye koko ntagomeze gutatira umuco w’ababyeyi. Muzumva twabisakuje rero abayobozi mwese nimudafata icyemezo
RULINDO oyeeeeeee
Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.
Urakoze kuri iyi ngingo nziza,imiyoborere myiza tuyikesha ubuyobozi bwiza.Irindi torwa rya Mzee wacu ntacyo ryaba rimaze, umutoza mwiza ateganya abaza musimbura,kdi ikipe yatoje ifite abahanga mukwesa imihigo mushimire Mzee wacu kuko nta cyo atakoze afashijwe ni Imana imikomereze mu biganza byayo urubyiruko tumuri inyuma.