Uburyo bwihuse bwo gukurikirana amakuru yo muri buri karere k'u Rwanda
|
nibyiza koko urwanda rugomba kwihesha agaciro n,ubwo ari ruto si urwo gusuzugurwa
DUHORA TURI UPDATE KUBERA MWEBWE!!!! SO NATWE TUBARINYUMA!!!
turasaba ko mu murenge wa kivumu mwaduhereza connection ya airtel.turasaba ko abayobozi ba karere ka rutsiro ba dufasha mu guhinduza ibyiciro by’ubudehe kuko birimo bira bangamira abanyeshuri cyane kugeza naho bamwe muritwe tutazajya ku mashuri a couse y’ibyiciro by’ubudehe kandi batangaje ko bigomba guhindurwa
Natwe turasaba network za tigo na airtel murakoze
Natwe turasaba network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara
network ya tigo na airtel mu karere ka Gisagara
Mwatubwiriye ababishinzwe koko bakaturwanaho
bakaduka umuhanda wakaburimbo mukarere ka Nyaruguru koko?
Nibibyiza konyaruguru amajyambere ahagera koko ariko se haburiki ngo hagere kaburimbo nkahandi m’uturere rw’u Rwanda ? aritwizere neza ko ababishizwe babikurikiranira hafi.
iterambere kuri boseeeee turabashyigikiye
Nyamasheke Turabasaba Gutora Neza Apana Birya Byabaye Ntibizongere
twongere amasengesho
Abanyabugesera ndabakunda kdi mukomerezaho iterambere mwitabire umurimo
Turabashimira urubuga muduha mugutanga ibitekerezo.
congo nireke kwiyenza kurwanda!ngo ishakira igisubizo aho kitari
ariko nibo cong ishaka gutera urwanda niyerure ibivuge
tubimenye natwe twiteguye kwirwanaho nkabanyarwanda.
naho ubundi nibaturekere amahoro yacu nkabanyarwanda,
mu mahoro yacu dusanzwemo <GUSA IMANA ITUBE HAFI NKUKO
TUYIZERA>.
Jye ndabona amaherezo bakwiye kuduha ibikoresho tukerekerayo,kuko ibi si ibintu. Mu Rubavu ntibagire ubwoba.
Tubashimira uburyo mubasha kumva ibibazo by,abaturage mureberera.Ariko hano mu karere ka Gisagara,abanyeshuri bakaminuza turacyafite ikibazo cyokwiga bitewe n,ubushobozi buke dufite kandi tukaba tubona n,ubuyobozi ntacyo bubivugaho busa nkaho bwadutereranye.
mbanje gushimira cyane uburyo amakuru yanyu ari update kabisa nuburyo uyabona muburyo bunonosoye ahubwo ndabibariza nizihe nzira umuntu yacamo kugirango ibikorwa yikorera byaca kuri page. merci
uwiteka akomeze kubongerera ubuhanga nubushobozi mukoresha muduha amakuru.mukomereze aho.muri huye,Koperative yabrimu yibwe akayabo ka miliyoni icumi nibihumbi 600 birenga.birababaje kuba hakiriho abshaka gutungwa nutwabandi
ndashimiracyane ikinyamakuru cyanyu uburyomutugezaho amakuru binyerekakomwegera abaturage mugihuguhose
I Gihugu cyacu kiratera imbere ni byiza.
Ariko muzatubarize twe abatuye KAMONYI-UMURENGE WA RUNDA-AKAGARI KA GIHARA-UMUDUGUDU WA BIMBA ahandi hose mu murenge bafite UMURIRO ariko twe wapi twaranditse tubigeza kuri EWSA Muhima Station ariko ntacyo byatanze
Icya kabiri: Gihara yose nta mazi igira ya EWSA keretse aya Padiri kandi nayo abona umugabo agasiba undi kuko abona uwaharaye. Ubu ijerikani ni 200Frw.
Muzatubarize EWSA peee.
ese abaturage batuye ahahoze hitwa mu kiyovu cy;abazakira murabateganyiriza iki cyane cyane abatuye mu gice gihanamye dore ko igihe cy;imvura ikarishye cyegereje,hakorwa iki ngo harengerwe ubuzima bw;abahaturiye amazi atararenga inkombe?
ni byiza kubona igihugu gitera imbere muri ubu buryo gusa mukangure abantu benshi ndababona nk’indorerezi.amahoro amahoro