Dallas: Ibiganiro mu matsinda hagati ya Perezida n’urubyiruko - AMAFOTO

Twabahitiyemo amwe mu mafoto yagize ibihe by’ingenzi mu biganiro mu matsinda hagati ya Perezida Kagame n’urubyiruko, aho twamubajije ibibazo bitandukanye bari bafite.

Ibiganiro byatangiye nyuma y'ijambo yagejeje kuri uru rubyiruko arusaba gutekereza kure kugira ngo bateze igihugu imbere.
Ibiganiro byatangiye nyuma y’ijambo yagejeje kuri uru rubyiruko arusaba gutekereza kure kugira ngo bateze igihugu imbere.
Perezida Kagame yari kumwe na rumwe mu rubyiruko rufite ibikorwa bitandukanye by'indashyikirwa.
Perezida Kagame yari kumwe na rumwe mu rubyiruko rufite ibikorwa bitandukanye by’indashyikirwa.
Urubyiruko rwabajije ibibazo bitandukanye rwari rufitiye amatsiko.
Urubyiruko rwabajije ibibazo bitandukanye rwari rufitiye amatsiko.
Perezida Kagame yabasubizaga akurikije ubunararibonye afite muri politiki no mu buzima bwe bwite.
Perezida Kagame yabasubizaga akurikije ubunararibonye afite muri politiki no mu buzima bwe bwite.
Mu cyumba harimo urubyiruko 700 rwavuye hirya no hino ku mugabane wa Amerika.
Mu cyumba harimo urubyiruko 700 rwavuye hirya no hino ku mugabane wa Amerika.
Umwe mu rubyiruko rufite inararibonye muri bizinesi rwasangije bagenzi barwo uko abona kwihesha agaciro.
Umwe mu rubyiruko rufite inararibonye muri bizinesi rwasangije bagenzi barwo uko abona kwihesha agaciro.
Ibibazo byari byinshi kandi bitandukanye.
Ibibazo byari byinshi kandi bitandukanye.
Uyu yabajije Perezida inama yagira urubyiruko kugira ngo narwo ruzagire ibigwi nk'ibye.
Uyu yabajije Perezida inama yagira urubyiruko kugira ngo narwo ruzagire ibigwi nk’ibye.
Abari bari mu Rwanda nabo ntibacikanywe kuko bashoboye gutanga ibitekerezo no kubaza ibibazo byabo bakoresheje "Google Hangout."
Abari bari mu Rwanda nabo ntibacikanywe kuko bashoboye gutanga ibitekerezo no kubaza ibibazo byabo bakoresheje "Google Hangout."
Abakurikiraniraga ibiganiro muri Kigali Library Services.
Abakurikiraniraga ibiganiro muri Kigali Library Services.
Ikiganiro kirangiye urubyiruko rwifuza gukomeza gutaramana na Perezida.
Ikiganiro kirangiye urubyiruko rwifuza gukomeza gutaramana na Perezida.

Emmanuel N. Hitimana

kigalitoday android app mobile

Ibitekerezo   ( 1 )

umusanzu w’urubyiruko mukubaka igihugu ukomeje kuba mwiza, dukomeze imihigo

kabasinga yanditse ku itariki ya: 24-05-2015  →  Musubize

Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Amakuru aheruka