Abanyamakuru berekeje mu itorero ry’igihugu i Nkumba - AMAFOTO
Abanyamakuru bakorera ibitangazamakuru bitandukanye mu rwanda berekeje i Nkumba mu Karere ka Burera mu itorero ry’igihugu rizamara iminsi irindwi.
Iri torero ryatangiranye n’urugendo bakoze baturutse kuri Stade Amahoro berekeza mu kigo cy’iteroro cya Nkumba, kuri uyu wa kane tariki 3 Ukuboza bakazagaruka tariki 10 Ukuboza 2015.
Ibitekerezo ( 7 )
Ohereza igitekerezo
|
Iri torero nifuzaga ko babahugura ku buryo bitwara iyo bajya gufotora. Hari ubwo usanga binjira ahantu aho ari ho hose bagahita bajya imbere y’abantu, bakarangaza abitabiriye igikorwa runaka, bakabangamira ibyakorwaga ... n’ibindi. Ni byiza rwose bafite uburenganzira bw’itangazamakuru, ariko bajye bibuka ko aho uburenganzira bw’abandi burangirira ari ho ubwabo butangirira
Uwiyita Mr. TONTO kuri radio imwe ntibuka we yakabaye yaragiyeyo mbere y’abandi kuko ni Indiscipline mbi mu muryango nyarwanda wagirango nta burere yigeze
ahhhhhhh, dore uko bavuga ngo" zana ibirayi sha!!!!ninjye wagutumye mbere" mpereza borosheti!" abagabo barahaze kabisa!!!
Iki gikorwa ni Inyamibwa!
Iki gikirwa Ni Inyamibwa! Babagangahure! kuko bamwe wibaza niba Ari Abanyamakuru.....nizereko n umunyamakuru wa Lemigo tv (ukora mu kiganiro aganira n’ abaturage...wambara lunettes)yajyiyeyo kuko we andya mu menyo!
Nibyo babahugure bajye ku murongo umwe wo gukunda igihugu.
Kenisi ubwo ahari ni byiza kuko akunda abaturage.
Bazamwigireho.
Yanga akarengane, turamukunda
Abanyamakuru bakwiye ingando na cyane cyane bariya bandika kuko inkuru zabo usanga zidafite gihamya ngo twumvise,ngo bibye akarere ngo bagiye kubaza Mayor ntibyakunda,n’ibindi byinshi bagiye bavuga inkuru bigereyeho!Ese bagiye bigira kuyandi matangazamakuru nka BBC,VOA,BUKEDDE(Agataliko nfufu,n’abandi)nibagende banagurwe kabisa!