Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Perezida Kagame yitabiriye inama idasanzwe y’Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)
Amajyepfo: Abanyeshuri n’abarimu b’imyuga barasaba uruhare rw’ababyeyi mu kwihangira imirimo
Mwabonye umusaruro w’akazi katoroshye mwakoze, ntimugacike intege - Perezida Kagame abwira abarangije muri ALU
Musanze: Abarenga 35% by’abagana ikigo cy’urubyiruko babonye imirimo