Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Minisitiri w’Ikoranabuhanga Ingabire Paula yakiriye mugenzi we wa Bangladesh
Minisitiri Dr Biruta yakiriwe n’Umwami wa Brunei
Cricket: Uganda yatwaye igikombe, u Rwanda ruba urwa Gatatu mu irushanwa ryo #Kwibuka30
Kenya: Pasiteri Ng’ang’a yishyuje hafi 10,000 Frw kuri buri cupa ry’amazi mu rusengero