Ibitenge ni imwe mu myambaro y’ababyeyi ariko muri iy’ iminsi bamwe mu bategarugori bavuga ko ari ibyabakecuru ugasanga rimwe na rimwe ntibyambawe.
Ibitekerezo ( 3 )
Ohereza igitekerezo
|
|
Ibitenge ni imwe mu myambaro y’ababyeyi ariko muri iy’ iminsi bamwe mu bategarugori bavuga ko ari ibyabakecuru ugasanga rimwe na rimwe ntibyambawe.
|
|
Kwimurwa kwa ba kavukire ni ibisubizo
Inkwano z’ubu bamwe bazigize ubucuruzi
Mu Rwanda nta hantu hihariye hemerewe kunywera itabi
Ku nshuro ya kane umunyarwanda yegukanye Tour du Rwanda
Abanyarwanda barifuza kugumana Tour du Rwanda 2017
Abagore barengeje igihe cyo kubyara nabo bazirikanywe
Banga guterwa amaraso kubera imyemerere
Umunsi mwiza Mwarimu mwiza!
Rayon Sports na Skol mu mikoranire mishya, nyuma y’imyaka 12 ari umuterankunga mukuru
U Rwanda rwemerewe inguzanyo ya miliyari 365 Frw agenewe gushyigikira ubukungu
U Rwanda rwemeje amasezerano y’ubwikorezi bwo mu kirere
Umukinnyi wa Filimi w’umunyarwanda atangije iserukiramuco ryo kubungabunga ibidukikije
Rwose uretse umuco no kwihesha agaciro bigenda bikendera mu babyeyi. Kwambara ubusa ntabwo byari bikwiriye. Umutegarugori nyawe urerera u Rwanda akwiye kwambara akikwiza. Igitenge rero kimwe n’indi myambaro yose ishyigikira kwiha agaciro.Amen
Ndi umunyabugeni nkawe, Komereza aho,ugenda utera imbere mugushushanya aho watangiriye siho ugeze.
Baca umugani ngo uwiba ahetse aba abwiriza uwo mu mugonga.
Mbese uriya mubyeyi wiyambithe kuriya azaha ubuhe uburere umwana we w’umukobwa? Dore ngibyo ibyeze muri iyi minsi babyeyi. Ndetse ibi mubona ni intangiriro, ikizakurikiraho ni ukwambara ubusa.