Umurundikazi ukinira ikipe ya REG Women Basketball, Uwitonze Nandy Linda, avuga ko afite inzozi zo gukinira ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, gusa akaba afite imbogamizi z’uko atarahabwa ubwenegihugu bw’u Rwanda.
Ikipe ya Bugesera FC irwana no kutamanuka yatsinze Police FC ibitego 2-1, biyongerera amahirwe yo kutamanuka mu cyiciro cya kabiri.
Ikipe ya Bugesera FC itsinze Rayon Sports igitego 1-0 , yerekeza ku mukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro ku giteranyo cy’ibitego 2-0.
Umutoza wa Rayon Sports ukomoka mu gihugu cy’u Bufaransa, Julien Mette, yavuze ko ashingiye ku bakinnyi ikipe ifite, badafite ubunararibonye mu gukina agahamya ko bafite byinshi byo kwiga usibye Kapiteni Kevin Muhire.
Mu irushanwa ryo kwibuka abakinnyi, abatoza ndetse n’abakunzi b’umukino wa Basketball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, amakipe ya APR BBC mu bagore ndetse n’abagabo ni yo yatwaye ibikombe atsinze Patriots BBC ndetse na REG W BBC.
Ikipe ya Rayon Sports FC yatsinze Bugesera FC 2-1, ishimangira inzira yo ku manuka kwa Bugesera FC mu cyiciro cya kabiri.
Mu mpera z’iki cyumweru ubwo hazaba hakinwa irushanwa ryo kwibuka abakinnyi bahoze bakina Basketball muri Shampiyona y’u Rwanda, bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, abakinnyi basaga 34 ni bo bazibukwa.
Mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatatu tariki 17 Mata 2024, nibwo ikipe y’Ingabo z’Igihugu cy’u mu mukino wa Handball (APR HC), yahagurutse ku kibuga cy’indege i Kanombe , yerekeje mu gihugu cya Algeria ahazebera imikino izahuza amakipe yatwaye ibikombe iwayo (Cup Winners Cup).
Ikipe ya Bayern Leverkusen yo mu gihugu cy’u Budage, yegukanye Igikombe cya mbere cya Shampiyona mu gihugu ihagarika Bayern Munich, yari imaze imyaka cumi n’umwe igitwara yikurikiranya.
Mu gihe hirya no hino ku Isi hakomeje gutangwa ubutumwa butandukanye bukomeza u Rwanda muri iki gihe cyo Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994, Ingaga za siporo ndetse n’amakipe yo mu Rwanda na yo yageneye ubutumwa Abanyarwanda muri ibi bihe.
Mu gihe ku Cyumweru tariki 07 Mata 2024 hatangiye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, Ikipe ya Bayern Munich yifatanyije n’Abanyarwanda kwibuka.
Ikipe ya Etincelles FC itsinze Rayon Sports ibitego 3-1 mu minota itanu, biyongerera amahirwe yo kutamanuka mu kiciro cya kabiri.
Ikipe ya Patriots BBC yatsinze United Generation Basketball (UGB) amanota 81-78, bituma isoza imikino ibanza ya Shampiyona idatsinzwe.
Police FC itsinze Amagaju FC 2-0 kuri Kigali Pelé Stadium, na ho Gorilla FC itsinda Etoile de L’Est 1-0 biyongerera amahirwe yo kutamanuka mu kiciro cya kabiri, imikino yabaye kuri uyu wa Kabiri, tariki 02 Mata 2024.
REG WBBC yatsinze Kepler WBBC amanota 65-63 mu bagore, no mu bagabo itsinda Kepler BBC bigoranye ku manota 89-85, imikino yabaye ku wa Mbere tariki 01 Mata 2024.
Perezida Paul Kagame yashimangiye ko ikipe ya Bayern Munich, Arsenal ndetse na Paris Saint-Germain zimaze kumenyekanisha u Rwanda mu mahanga binyuze ku bufatanye bw’impande zombi muri gahunda ya Visit Rwanda.
Ikipe ya APR FC inganyije na Muhazi United i Nyamirambo, na ho AS Kigali istinda Sunrise iyisanze i Nyagatare, biyishira mu makipe ashobora kumanuka.
Kuri uyu wa Gatanu tariki 29 Werurwe 2024, saa mbili z’umugoroba (20:00) muri LDK harakinwa umunsi wa 21 muri shampiyona ya Basketball mu Rwanda aho ikipe ya REG BBC yakira ikipe ya APR BBC, umukino ufite igisobanuro gikomeye ku makipe yombi muri iyi shampiyona.
Ku wa Gatatu tariki 27 Werurwe 2024, hakinwaga umunsi wa 20 muri shampiona y’icyiciro cya mbere muri basketball, amakipe ya Kepler, APR, UGB ndetse na Orion zitwara neza zitsinda imikino yazo, Inspired Generation yuzuza imikino umunani itaratsinda.
Mu mpera z’icyumweru gishize kuva ku wa Gatandatu tariki 23 Werurwe 2024 kugeza ku Cyumweru tariki 24 Werurwe 2024, hatangijwe shampiyona ya Handball mu Rwanda hakinwa imikino itandukanye, maze amakipe ya APR HC ndetse na Police HC zitwara neza.
Ubwo hakinwaga umunsi wa 29 wa shampiyona, ikipe ya K Titans yatsinze biyoroheye ikipe ya Inspired Generation amanota 83-67, bishyira Inspired Generation ku mwanya wa nyuma ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona.
Ikipe y’abagore ya APR FC yatsinze Forever ibitego 3-0 yegukana igikombe cya shampiyona y’icyciro cya kabiri mu Rwanda, mu mukino wabaye kuri iki Cyumweru
Mu mukino w’umunsi wa 18 wa shampiyona ya Basketball mu Rwanda, ikipe ya Patriots BBC yatsinze irusha cyane APR BBC amanota 73-59, ifata umwanya wa mbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona.
Kuri uyu wa Gatatu tariki 20 Werurwe 2024, harakinwa umunsi wa 18 wa shampiyona ya Basketball mu Rwanda aho APR BBC yakira Patriots BBC, amakipe akurikirana ndetse anganya n’amanota acakirana saa moya z’umugoroba (19:00) muri LDK.
Ikipe ya Patriots Basketball Club ikomeje urugendo rwo kwiyubaka muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda, yasinyishije Nikola Scekic ukomoka mu gihugu cya Serbia.
Ikipe yari ihagarariye igihugu cy’u Burundi mu mikino ya Basketball African League (BAL) 2024, yasezerewe mu irushanwa kubera kudakurikiza amategeko arigenga, arimo kwambara iriho umuterankunga w’irushanwa (Visit Rwanda).
Abakinnyi b’ikipe y’Ingabo z’Igihugu mu mikino wa Basketball (APR BBC) kuri uyu wa Gatandatu tariki 09 Werurwe 2024, basangiye n’abana bakina basketball barenga 150 babarizwa muri ishuri ryigisha uyu mukino ryitwa Rafiki Kids Academy.
Kuri uyu wa Gatandatu tariki 09 Werurwe 2024 saa cyenda (15h00) kuri Kigali Pelé Stadium, ikipe ya Rayon Sports irakira APR FC mu mukino w’umunsi wa 24 wa shampiyona. Ni umukino ukomeye mu Rwanda kuko iyo umukino wegereje, hirya no hino haba hari impaka nyinshi mu bakunzi b’aya makipe zishobora kuvamo n’imirwano.
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’ u Rwanda muri Basketball akaba na Kapiteni wahoze akinira Patriots BBC, Willson Kenny Gasana, yagarutse muri iyi kipe, ayisinyira umwaka umwe.
Ikipe ya APR BBC yatsinze biyoroheye ikipe ya UGB BBC ndetse na REG BBC itsinda Kigali Titans mu mikino y’umunsi wa 11 wa shampiyona ya Basketball mu Rwanda. Ni imikino yakinwe ku mugorobo wo ku wa Gatatu tariki 06 Werurwe 2024, imikino yose ibera muri Gymnasium ya Lycée de Kigali.