Umuhanzi w’indirimbo zisana imitima Musinga Joe yavuze ko buri Munyarwanda, by’umwihariko urubyiruko n’abahanzi, afite inshingano zo gusigasira amateka y’u Rwanda no gukoresha impano ze mu kubaka igihugu no kwimakaza ubumwe.
Umukinnyi wa filime, umunyamideli ndetse n’umucuruzi w’icyamamare muri Tanzania, Wema Sepetu, ari mu byishimo nyuma yo kwibaruka umwana we wa mbere w’umuhungu.
Umunyamideli n’umucuruzi w’icyamamare muri Uganda, Zari Hassan, yatangaje ko we n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya batandukanye nyuma y’imyaka itanu bari bamaze babana.
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Pastor Lopez ukomoka mu gihugu cy’u Burundi, yatangaje ko yishimiye cyane ubufatanye yagiranye na Prosper Nkomezi mu ndirimbo yabo bise “Imana Ikomeye.”
Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika(AU) muri iyi minsi uri mu bibazo by’imiyoborere, bituma ikora amakosa menshi muri dipolomasi mpuzamahanga.