Umusuwisi Matteo Badilatti ni we wegukanye agace ka gatandatu ka Tour du Rwanda kakinwe abakinnyi bava i Rubavu basoreza mu karere ka Gicumbi
														
													
													Kuri uyu wa Gatanu ni bwo hakinwe agace ka Gatandatu ka Tour du Rwanda, aho abakinnyi bahagurutse i Rubavu berekeza mu Karere ka Gicumbi.
														
													
													Abakinnyi 80 ni bo bahagurutse mu Karere ka Rusizi saa mbili n’igice za mu gitondo, babanza kugenda Kilometero 8.3 zitabarwa.
														
													
													Umunya-Eritrea Henok Mulueberhane ukinira ikipe ya Green Project ni we wegukanye agace kavuye Huye berekeza i Musanze ahita anambara maillot jaune
														
													
													Umwongereza Ethan Vernon ukinira ikipe ya Soudal-QuickStep yo mu Bubiligi ni we wegukanye agace ka mbere ka Tour du Rwanda kavaga Kigali gasorezwa i Rwamagana
														
													
													Ikibuga cy’umukino w’amagare giherereye i Bugesera cyubatswe ku bufatanye n’ikipe ya Israël Premier Tech cyatashywe ku mugaragaro.
														
													
													Isiganwa mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda “Tour du Rwanda” rigomba gutangira kuri iki Cyumweru rizitabirwa n’ibihangange birimo Chris Froome wegukanye Tour de France
														
													
													Ikipe ya Gasogi United yabaye ikipe ya kabiri itangaje ko itazitabira imikino y’igikombe cy’Amahoro cya 2023, aho yatangaje ko ari impamvu zitabaturutseho
														
													
													Umunyarwanda Sibomana Patrick wakiniraga Police FC yamaze kwerekeza mu ikipe ya Ferroviário da Beira yo muri Mozambique
														
													
													Ikipe ya Gicumbi mu bagabo ndetse n’iya Kiziguro SS mu bagore ni zo zegukanye igikombe cy’Intwari cyakinwe mu mpera z’iki Cyumweru dusoje
														
													
													Ikipe ya Gasogi United ubu ni yo iyoboye urutonde rwa shampiyona rw’agateganyo nyuma yo gutsinda Gorilla ibitego 2-1
														
													
													Mu mukino usoza irushanwa ryahuzaga inzego za gisirikare wabaye kuri uyu wa Kabiri, ikipe y’abasirikare barinda umukuru w’igihugu yegukanye igikombe itsinze Special Operations Force
														
													
													Imikino ihuza inzego za gisirikare zitandukanye yari imaze iminsi iba, yasojwe urwego rw’abasirikare barinda umukuru w’igihugu (Republican Guard) ari bo begukanye igikombe.
														
													
													Akanama gashinzwe imyitwarire muri FERWAFA kahanishije ikipe ya Kiyovu Sports gukina umunsi umwe wa shampiyona nta bafana bashinjwa imyitwarire mibi
														
													
													Mu isiganwa ry’amagare ryo kuzirikana Intwari z’u Rwanda, Tuyizere Etienne na Nirere Xaverine ni bo baryegukanye
														
													
													Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi FIFA ryakuyeho ibihano byari byafatiye ikipe ya Rayon Sports kubera kutishyura umutoza baheruka gutandukana
														
													
													Nyuma yo gutandukana n’ikipe ya Bugesera, umutoza Etienne Ndayiragije yagizwe umutoza w’ikipe y’igihugu y’u Burundi
														
													
													Ikipe ya Rayon Sports itsinze Musanze FC ibitego 4-1 mu mukino wabereye kuri Stade ya Muhanga
														
													
													Umunyezamu Ndayishimiye Eric Bakame wari umaze iminsi nta kipe afite yasinye mu ikipe ya Bugesera FC
														
													
													Mu irushanwa rya Handball ikinirwa ku mucanga ryari rimaze iminsi ribera mu karere ka Rubavu, ryasojwe ikipe ya Policce HC mu bagabo, na Kiziguro HC mu bakobwa ari zo zegukanye ibikombe
														
													
													Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje impinduka mu buyobozi bwayo nyuma yo kwegura kwa Mvukiyehe Juvenal wahise ahabwa izindi nshingano
														
													
													Kuri uyu wa Gatandatu mu karere ka Rubavu hatangiye irushanwa rya Handball ikinirwa ku mucanga, aho amakipe azakina imikino ya nyuma yamaze kumenyekana
														
													
													Nyuma y’iminsi itatu ageze mu Rwanda, Héritier Luvumbu yamaze gusinya amasezerano yo gukinira Rayon Sports amezi atandatu
														
													
													Mu isiganwa Royal Nyanza Race ryabereye mu karere ka Nyanza kuri uyu wa Gatanu, Mugisha Moise yongeye kuba uwa mbere
														
													
													Nyuma y’icyumweru cyari gishize hakinwa irushanwa rya Tennis “Rwanda Open 2022”, abanya-Kenya ni bo begukanye ibikombe mu bagabo no mu bagore
														
													
													Kuri uyu wa Gatanu mu karere ka Musanze habereye isiganwa ry’amagare ryiswe Musanze Gorilla Race, ryegukanywe na Mugisha Moise mu bagabo, na Ingabire Diane mu bagore.
														
													
													Abakinnyi bagera ku ijana babigize umwuga ni bo bamaze kwiyandikisha mu irushanwa rya Tennis "Rwanda Open 2022", rizatangira mu cyumweru gitaha muri IPRC Kicukiro
														
													
													Umunyarwandakazi Mukansanga Salima yongeye gukora andi mateka yo kuba umusifuzi w’umugore ukomoka muri Afurika wasifuye umukino w’igikombe cy’isi
														
													
													Ikipe ya Gicumbi Handball Team na Kiziguro SS ni zo zegukanye ibikombe mu irushanwa “Coupe du Rwanda” ryabaye mu mpera z’iki cyumweru mu mukino wa Handball
														
													
													Mu mpera z’iki cyumweru hateganyijwe irushanwa “Korean Ambassador’s Cup” ryitezwemo abakinnyi hafi 400 bazaturuka birimo n’abaturanyi b’u Rwanda