Uwakwibagirwa ibyo inama ya CHOGM yadusigiye, ntiyakwibagirwa byose ngo abure gusigarana izina "Mu Marangi".
Abagize bati "Kigali ni amahanga ibintu byarahindutse", ntabwo babeshye kuko umunsi ku wundi, uyu mujyi ugenda uhinduka, urushaho kuba mwiza.
Iki cyumweru nagitangiriye mu mwanya mwiza cyane, kuko nakoreye akazi mu bantu bandi ku mutima, kuko nkunda gufasha(charity,compassion).