Uyu munsi, Perezida Paul Kagame, akaba n’umugaba w’Ikrenga w’Ingabo z’u Rwanda - RDF yashoje icyiciro cya cumi na kane cy’abarangije amasomo mu ishuri rikuru ryigisha iry’ubuyobozi mu ngabo, Senior Command and Staff College riri i Nyakinama mu Mujyi wa Musanze, Intara y’Amajyaruguru.
Uwakwibagirwa ibyo inama ya CHOGM yadusigiye, ntiyakwibagirwa byose ngo abure gusigarana izina "Mu Marangi".
Abagize bati "Kigali ni amahanga ibintu byarahindutse", ntabwo babeshye kuko umunsi ku wundi, uyu mujyi ugenda uhinduka, urushaho kuba mwiza.
Iki cyumweru nagitangiriye mu mwanya mwiza cyane, kuko nakoreye akazi mu bantu bandi ku mutima, kuko nkunda gufasha(charity,compassion).