• Abahanzi bari muri PGGSS bazasura abana b’i Gatagara

    Abahanzi 10 bari muri Primus Guma Guma Super Star (PGGSS), tariki 26/04/2012 bazasura abana baba mu kigo cya Gatagara mu Ntara y’amajyepfo hanyuma tariki 28/4/2012, bakine n’abanyamakuru bakora ibiganiro bijyanye n’imyidagaduro kuri sitade Amahoro i Remera.



  • Abanyarwanda 6 batoranyijwe kwitabira Tusker Project Fame 5 bakomeje kugirwa ibanga

    Akana nkemurampaka gashinzwe gutoranya Abanyarwanda bazajya muri Tusker Projct Fame gakomeje kugira ibanga abo kahisemo mu majonjora yabaye tariki 22/04/2012. Ayo majonjora yitabiriwe n’abahanzi bagera kuri 50 hatoranywamo batandatu gusa.



  • Umunyarwanda Wesley Ruzibiza mu nama y’abahanzi ba Afrika y’uburasirazuba

    Wesley Ruzibiza, Umunyarwanda ubyina imbyino zitwa ‘contemporary dance’ n’iza gakondo ari muri Etiyopiya mu mahugurwa yahuje abahanzi b’amakinamico n’imbyino bikorerwa imbere y’abantu mu rwego rwo kubahuza na bagenzi babo bo ku mugabane wa Amerika ngo bungurane ibitekerezo.



  • Positive Production yateguye “Accoustic Night” ku Ishyo Art Center

    Kuri iki cyumweru tariki 22/04/2012, ku Ishyo Art Center ku Kacyiru ahahoze inzu mbera byombi ya Caisse Social harabera igitaramo kizwi ku izina “Accoustic Night’’ gitegurwa na Positive Production hafi buri kwezi.



  • Makanyaga Abdoul yakoze impanuka

    Umuhanzi Makanyaga Abdoul yakoze impanuka ya moto mu gitondo cya tariki 21/04/2012 ubwo yari avuye kwa muganga kuri Policlinique du Plateau gukoresha bimwe mu bizamini by’indwara.



  • K8 Kavuyo, umukunzi wa Bahati Grace

    Bahati Grace abaye atwite koko byatanga sura ki mu Rwanda?

    Inkuru ikomeje gukwirakwira ko Bahati Grace wabaye Nyampinga w’u Rwanda muri 2009 yaba atwite inda y’umuhanzi w’umunyarwanda w’umuraperi uzwi ku izina rya K8 Kavuyo kandi ngo isigaje amezi atatu ngo ivuke.



  • Abahanzi bari muri PGGSS bose bitabiriye icyo gikorwa uretse Knowless utari mu Rwanda

    Bugesera: Abahanzi bari muri PGGSS basuye imfubyi n’abapfakazi za Jenoside

    Abahanzi bari muri Primus Guma Guma Super Star (PGGSS), tariki 16/04/2012, basuye imfubyi n’abapfakazi za Jenoside mu mudugudu wa Rwakibilizi ya 2, akagali ka Nyamata Ville mu murenge wa Nyamata i Nyamata banabashyikiriza imfashanyo zitandukanye.



  • Bamwe mu baririmbyi bakomeye ku isi bibye indirimbo z’Abanyafurika

    Ibyo mu Rwanda bita gushishura, aho umuhanzi cyangwa umu-producer afata indirimbo y’umuhanzi wundi runaka akayigana cyangwa se akaririmbira mu njyana (beat) yayo, ngo si mu Rwanda biba gusa kuko na bamwe mu baririmbyi bakomeye ku isi nabo hari indirimbo zabo zamenyekanye ariko injyana zazo barazibye ku bandi baririmbyi cyane (…)



  • Ishyamba si ryeru hagati ya Cecile Kayirebwa na ORINFOR

    Hamaze iminsi havugwa umwuka utari mwiza hagati ya Cecile Kayirebwa n’ikigo cy’igihugu cy’Itangazamakuru (ORINFOR) ndetse bikaba binavugwa ko Cecile Kayirebwa yaba yiteguye kujyana ORINFOR mu nkiko.



  • Abahanzi 10 bari muri PGGSS II bazasura urwibutso rwa Ntarama

    Mu rwego rwo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda muri 1994, abahanzi 10 basigaye mu marushanwa ya Primus Guma Guma Super Star 2 (PGGSS II) bazasura urwibutso rwa Ntarama mu karere ka Bugesera tariki 09/04/2012.



  • Abahanzi baririmba gospel bari muri Salax Awards bagenewe ibihembo mu rwego rwo guteza imbere iyo njyana

    Mu rwego rwo guteza imbere Gospel mu Rwanda, abahanzi bane bari mu cyiciro cya Gospel muri Salax Awards 2011 bagenewe ibihembo n’abakunzi b’iyo njyana. Abazahembwa ni Dominic Nic, Gahongayire Aline, Blessed Sisters na Liliane Kabaganza.



  • Umuhanzi Lil P

    Amakimbirane hagati y’umuhanzi Lil P na Exotic Night

    Umuhanzi w’Umunyarwanda witwa Lil P uba mu Bwongereza yari kuririmba mu gitaramo cyateguwe na Exotic Night mu Bubiligi ariko byarangiye ataririmbye. Lil P avuga ko yasuzuguwe cyane ntibamuhe umwanya wo kuririmba kandi bari babimwemereye ndetse baranamushyize kuri affiche y’igitaramo.



  • Emmy atera igiti

    Abahanzi bahatana muri PGGSS bitabiriye umuganda

    Abahanzi 10 bahatanira kwegukana instinzi ya Primus Guma Guma Super Star season 2 (PGGSS II) bitabiriye umuganda rusange wabaye tariki 31/03/2012 mu karere ka Gasabo aho bateye ibiti bakanubaka ibiro by’umudugudu wa Nyakabungo



  • Petit Stade yari yuzuye no hejuru

    Salax Awards: King James yabaye umuhanzi w’umwaka

    Mu birori bya Salax Awards byabaye tariki 31/03/2012 kuri petit stade i Remera mu mujyi wa Kigali, King James niwe wegukanye ikamba ryo kuba umuhanzi w’umwaka awutwaye Dream Boys, Young Grace na Kamichi bahatanaga.



  • Knowless akigera Amsterdam yakiriwe n

    Knowless ntazitabira ibitaramo byose nk’uko yari yabiteganyije

    Knowless ntazitabira ibitaramo byose byari byamujyanye i Burayi kuko byari biteganyijwe kuzabera muri Suede na Hollande biri ku matariki Abanyarwanda bazaba bibuka abazize Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda muri 1994.



  • Bamwe mu bahanzi 10 bari bitabiriye inama muri Top Tower Hotel

    Umuhanzi uzegukana intsinzi muri PGGSS II azahabwa miliyoni 24

    Umuhanzi uzegukana insinzi muri Primus Guma Guma Super Star season 2 (PGGSS II) azahembwa amafaranga miliyoni 24 azahabwa mu byiciro; nk’uko byatangajwe n’abategura icyo gikorwa tariki 27/03/2012.



  • Umuhanzi Christopher yahawe igihembo cya Diamond gitangwa na VirtuaMusic Label yo mu Bufaransa

    Umuhanzi Christopher umaze igihe gito yigaragaje mu mu muziki Nyarwanda, yabaye umuhanzi wa mbere w’Umunyarwanda wahawe igihembo cya Diamond gitangwa n’inzu ishinzwe gutunganya umuziki yo mu Bufaransa yitwa VirtuaMusic Label.



  • Whitney Houston yazize ikiyobyabwenge cya Cocaine

    Raporo yavuye mu itohoza ku cyishe umuririmbyi wo muri Amerika, Whitney Houston, witabye Imana mu kwezi gushize igaragaza ko uwo muririmbyi yishwe no kuba ahanini yarafataga cyane ku kiyobyabwenge cya Cocaine.



  • Olivier Roy arategura igitaramo cyo kumurika album ye ya mbere

    Umusore Nsabimana Olivier bakunze kwita “Roy” wamenyekanye cyane mu ndirimbo zihimbaza Imana (Gospel Music), arimo gutegura igitaramo cyo kumurikira abakunzi be album ye ya mbere yitwa “umubisha ni nde?” mu kwezi kwa kane uyu mwaka.



  • Abahanzi icumi basigaye muri PGGSS 2(Amafoto)

    Nyuma y’amatora muri Primus Guma Guma igice cya kabiri (PGGSS 2) abahanzi icumi bazahatanira umwanya wa mbere baramenyekanye ndetse n’imibare ibaranga.



  • The Ben yasinyanye amasezerano na Mavaka Music Label

    Umuhanzi w’Umunyarwanda Mugisha Benjamin “The Ben”, ubarizwa muri Leta zunze Ubumwe za Amerika, yamaze gusinya amasezerano y’umwaka umwe n’imwe mu mazu ashinzwe ibikorwa by’abahanzi n’ubuhanzi bwabo muri Amerika ya Mavaka Music Label.



  • Vincent de Paul Ntabanganyimana

    Vincent de Paul azamurika alubumu “Ngwino urebe” muri Nyakanga

    Umuhanzi akaba n’umunyamakuru kuri Radio Maria Vincent de Paul Ntabanganyimana aratenganya kumurikira abakunzi be alubumuye ya mbere «Ngwino urebe” mu kwezi kwa karindwi uyu mwaka; nk’uko yabidutangarije.



  • Abayoboye Ikirezi group n

    Umuhanzi uzakererwa muri Salax Awards azasanga bamurenze

    Abagize Ikirezi Group itanga Salax Awards baratangaza ko gahunda izaba yateganyijwe ku munsi wo gutanga ibihembo igomba gukurikizwa uko yagenywe kabone nubwo abahanzi bazahembwa batinda kuhagera.



  • Ikwiyikuzo Diane yiga mu mwaka wa kabiri w

    Ku myaka irindwi y’amavuko araririmba agasusurutsa imbaga

    Ikwiyikuzo Diane uvuka mu murenge wa Butaro mu karere ka Burera afite imyaka irindwi y’amavuko; ariko iyo ari imbere y’abantu ari kuririmba ntiwapfa kumenya ko angana atyo ukurikije ukuntu aririmba nta bwoba afite.



  • Kamichi na Young Grace

    Ukuri ku bimaze iminsi bivugwa kuri Kamichi na Young Grace

    Hashize iminsi havugwa urukundo hagati ya Young Grace na Kamichi, ndetse ko Young Grace yaba atwite inda yatewe na Kamichi. Ese ko ibi bintu ni ukuri? Ni ugusebanya? Cyangwa ni promotion bashaka? Dore uko bamwe babibona ndetse na ba nyiri ubwite icyo babivugaho.



  • Abana barabyinnye karahava batahana DC ya alubumu

    Chrispin yamuritse alumubu ye “Adieu l’Afrique Shida”

    Umuhanzi Chrispin yashyize ahagaragara alubumu ye “Adieu l’Afrique Shida” tariki 11/03/2012 muri Serana Hotel. Nubwo haje abantu bacye, Chrispin yatangaje ko bimushimishije kandi ko yumva intego ye yayigezeho 50%.



  • Abahanzi bazaririmba muri Salax Awards bamenyekanye

    Abazitabira ibirori bya Salax Awards 2011 bazataramirwa n’abahanzi batandukanye baba aba hano mu Rwanda ndetse n’abo hanze. Dore urutonde n’indirimbo buri muhanzi azaririmbira abazaba bitabiriye ibirori; nk’uko tubikesha Ikirezi Group.



  • Producer Naason yasinye amasezerano y’imyaka ibiri yo gukorera muri Bridge Records

    Bridge Records yasinyanye amasezerano y’imyaka ibiri na Producer Naason usanzwe umenyerewe mu gutunganya umuziki Nyarwanda. Yiyongereye kuri Producer Junior na Producer Kabano, nabo baje mu rwego rwo kunoza imikorere y’iyi studio muri uyu mwaka.



  • Meddy arateganya kuza mu Rwanda vuba aha

    Umuhanzi Ngabo Medard uzwi ku izina rya Meddy ubu uri kubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aratangaza ko akumbuye u Rwanda ndetse n’abafana be ku buryo ashaka kugaruka mu Rwanda agakoresha igitaramo.



  • Dream Boys yerekeje mu gihugu cya Uganda mu gitaramo cya "Uganda Night"

    Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki 02/03/2012, itsinda rya Dream Boys ryahagurutse i Kigali ryerekeza muri Uganda, aho rizagaragara mu gitaramo cya “Uganda Night” no gukora indirimbo zizagaragara kuri Album yabo ya Gatatu.



Izindi nkuru: