Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Oya ubu ndi i Cairo-Ojera Joackiam wavuzwe ko yageze i Kigali muri Police FC
#MemorialRutsindura: Amakipe ya REG na RRA ni yo yegukanye irushanwa (Amafoto)
Muhanga: Urukiko rwasubitse urubanza rw’abaregwa gukubita Twagirayezu bikaruviramo urupfu
U Buhinde: Narendra Modi, yarahiriye kuyobora manda ya Gatatu