Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Nigeria: Abantu bitwaje intwaro bahitanye abagera ku 8 bashimuta 150
#BAL4: Petro de Luanda na Rivers Hoopers zisanze Cape Town Tigers na Al Ahly Ly muri 1/2 (Amafoto)
Muhanga: Bibutse abiciwe i Nyarusange biyemeza gukomeza gusigasira ayo mateka
Nyagatare: Inka 60 zimaze gukurwa mu bworozi kubera indwara y’uburenge