Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Burya iyo utazi aho uvuye ntugira icyerekezo cy’aho ujya - Minisitiri Paula
Huye: Akarere kashoye miliyoni 50Frw mu gutera inkunga imishinga y’urubyiruko n’iy’abagore
Abantu icyenda ni bo bashaka kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida
U Rwanda rwahawe amanota 50% mu kugaragaza uko Ingengo y’Imari ikoreshwa