Kuri uyu wa Kabiri nyuma yo gusanga ibizamini bya COVID-19 byari byafashwe nta n’umwe urwaye, Haruna Niyonzima ukinira Yanga yo muri Tanzania, na myugariro Salomon Nirisarike ukina muri Armenia bahise batangira imyitozo mu Mavubi.
Mu myitozo yo kuri uyu wa Kabiri abakinnyi bakoze imyitozo yo kongera ingufu yakorewe muri Gym, nyuma baza kwerekeza kuri Stade ya Kigali i Nyamirambo aho bakomereje imyitozo isanzwe yo mu kibuga.
![](IMG/jpg/51043966186_48ec384c46_c.jpg)
![](IMG/jpg/51043966441_3f2f895a83_c.jpg)
![](IMG/jpg/51043988136_e6af5bfb61_c.jpg)
![](IMG/jpg/51044005961_f221f9c3b1_c.jpg)
![](IMG/jpg/51044100327_b871c0ba99_c.jpg)
![](IMG/jpg/ewn6g0kw8aizlzr.jpg)
![](IMG/jpg/ewn6q4jxeaa1ca6.jpg)
![](IMG/jpg/51043243213_d1346dca87_c_1_.jpg)
![](IMG/jpg/51043243213_d1346dca87_c.jpg)
![](IMG/jpg/51043257083_174ed1f0f9_c.jpg)
![](IMG/jpg/51043273483_ee77092627_c.jpg)
![](IMG/jpg/51043276078_ddc64b2d39_k.jpg)
![](IMG/jpg/51043278513_8cc6b264dd_c.jpg)
National Football League
Ohereza igitekerezo
|