Mu gihe habura iminsi hafi icumi ngo u Rwanda rwakire igikombe cya Afurika muri Basketball “AfroBasket 2021”, ibihugu bibiri byamaze kugera mu Rwanda
Mu mukino wa mbere wa gicuti ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball yakinaga n’ikipe ya kabiri ya Senegal, u Rwanda rwatsinzwe amanota 86 kuri 74.
Guhera kuri uyu wa Kabiri tariki ya 10/08/2021, ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino wa Basketball iratangira imikino ya gicuti yo gutegura amarushanwa AfroBasket izabera mu Rwanda mu minsi iri imbere
Mu mikino yo guhatanira itike ya AfroBasket mu bagore, Kenya itsinze Misiri yegukana igikombe, naho u Rwanda rutahana umwanya wa gatatu.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball y’abagore itsinzwe na Kenya muri 1/2, ibura amahirwe yo kwitabira imikino ya AfroBasket izabera muri Cameroun.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abagore mu mukino wa Basketball yarangije ku mwanya wa kabiri mu mikino y’amajonjora, izahura na Kenya muri ½ ku munsi w’ejo
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yitabiriye umukino wahuje u Rwanda na Misiri, mu mikino y’Akarere ka gatanu yo gushaka itike y’imikino ya nyuma ya Afurika mu bagore (FIBA Women’s AfroBasket 2021 Zone 5 Qualifiers). Ni imikino irimo kubera mu Rwanda muri Kigali Arena.
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Basketball mu bagore yatsinze iya Kenya mu mukino wa mbere wo gushaka itike ya AFROBASKET izabera muri Cameroun uyu mwaka.
Irushanwa ry’Akarere ka Gatanu muri Basketball y’abagore riratangira kuri uyu wa Mbere muri Kigali Arena aho ikipe y’ u Rwanda itangira yesurana na Kenya.
Ibihugu bine birimo u Rwanda ruzakira amajonjora y’igikombe cya Afurika “AFROBASKET” 2021 mu bagore byamaze kugera I Kigali, mu mikino izatangira kuri uyu wa Mbere
Abakinnyi bazahagararira u Rwanda mu mikino Olempike baraye bahagurutse mu Rwanda aho berekeje mu mujyi wa Hachimantai bazakoreramo undi mwiherero w’iminsi 12.
Kaje Elie yagizwe Kapiteni w’ikipe ya REG BBC asimbuye Kazingufu Ally werekeje muri APR BBC mu gihe Ngando Bienvenue yagizwe umutoza wa kabiri wungirije. Ni impinduka zikozwe nyuma y’uko uwari kapiteni w’iyi kipe Kubwimana Kazingufu Ally yerekeje muri APR BBC mbere y’uko umwaka w’imikino utangira.
Ikipe ya REG BBC yamaze gusinyisha umukinnyi Adonis Jovon Filer amasezerano y’umwaka umwe.
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yakiriye ikipe ya Patriots BBC nyuma yo kwegukana umwanya wa kane mu mikino ya BAL.
Perezida wa Repubulika Paul Kagame yitabiriye umukino wa nyuma wa BAL, aho Zamalek yo mu Misiri yegukanye iri rushanwa nyuma yo gutsinda US Monastir amanota 76 kuri 63.
Ikipe ya Patriots BBC yari ihagarariye u Rwanda muri BAL yatahanye umwanya wa kane nyuma yo gutsindwa na Petro de Luanda mu guhatanira umwanya wa gatatu amanota 97 kuri 68.
Ikipe ya US Monastir irakina na Zamalek umukino wa BAL nyuma yo gutsinda Patriots amanota 87 kuri 46 mu gihe Ikipe ya Zamalek yatsinze Petro de Luanda mu mukino wa 1/2.
Perezida w’u Rwanda Paul Kagame na Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron barebye umukino wa Basketball warangiye ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda isezereye Feroviario de Maputo yo muri Mozambique.
Ikipe ya Petro de Luanda yo muri Angola izahura na Zamalek mu mikino ya 1/2 nyuma yo gusezerera ikipe ya As Sale muri 1/4 iyitsinze amanota 79 kuri 72.
Ikipe ya Zamalek yo mu Misiri yabaye ikipe ya mbere igeze mu mikino ya 1/2 cya BAL, nyuma yo gusezerera FAP yo muri Cameron iyitsinze amanota 82-53.
Kuva ku wa Gatatu tariki ya 26 Gicurasi 2021 haratangira gukinwa imikino ya 1/4 ya Basketball Africa League (BAL), ikomeje kubera mu Rwanda.
Ikipe ya Zamalek yo mu Misiri yashimangiye kuyobora itsinda rya gatatu mu mikino y’irushanwa rya BAL, nyuma yo gutsinda GS Petroliers mu mukino w’ikirarane amanota 97 kuri 64.
Ikipe ya Zamalek yo mu Misiri yakatishije itike yo gukina imikino ya 1/4 ya BAL nyuma yo gutsinda ikipe ya As Douanes yo muri Senegal amanota 86 Kuri 62.
Ikipe ya Patriots BBC yatsinzwe umukino wa mbere mu rugendo rw’imikino ya Basketball Africa League aho yatsinzwe na US Monastir amanota 91 kuri 75.
Ikipe ya Feroviario de Maputo yo muri Mozambique yiyongereye ku makipe azakina imikino ya 1/4 cya BAL nyuma yo gutsinda GS Petroliers amanota 86 Kuri 73.
Ikipe ya Petro de Louanda yo muri Angola yatsinze FAP yo muri Cameroon amanota 66 kuri 64 biyigira ikipe ya Kabiri ikatishije itike yo gukina imikino ya 1/4 nyuma ya Patriots BBC yabigezeho ku wa Gatatu.
Ikipe ya Patriots BBC yo mu Rwanda yakatishije itike yo gukina imikino ya 1/4 cya Basketball Africa League (BAL), ikomeje kubera mu Rwanda nyuma yo gutsinda GNBC yo muri Madagascar amanota 78 kuri 72.
Ikipe ya Petro de Louanda yo muri Angola yatangiye irushanwa rya BAL itsinda As Police yo muri Mali amanota 84 kuri 66.
Ikipe ya As Douanes yatangiye irushanwa itsinda GS Petroliers yo muri Algeria amanota 95 kuri 76, mu gihe Zamalek yihanije Feroviario de Maputo ku intsinzi y’amanota 71 kuri 55.
Uwari kapiteni w’ikipe ya APR Basketball Club mu bagabo, Niyonsaba Bienvenue, yamaze kwandika ubutumwa busezera muri iyo kipe yari amazemo imyaka igera kuri itatu.