Nyirakamana uvuga ko kugeza ubu imva ye yari kuba yaramezeho ishyamba, kuko amaranye ubwandu bwa SIDA igihe, ariko agashima ko ubuyobozi bwa Perezida Kagame bwateje imbere ubuvuzi, ubu akaba abona imiti igabanya ubukana bwa SIDA ku buryo bworoshye.
Yagize ati"Ubwandu bw’agakoko gatera SIDA mbumaranye imyaka irenga 27, ariko reba ndacyashobora kubyina. Iyi ni gahunda nziza ya Perezida Kagame aho duhabwa imiti ku buntu".
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|