Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Nyagatare: Inka 60 zimaze gukurwa mu bworozi kubera indwara y’uburenge
Kicukiro: Abafatanyabikorwa barashimirwa uruhare rwabo mu iterambere ry’abaturage
Perezida Kagame yagejejweho ubutumwa bwa mugenzi we Col Assimi Goïta wa Mali
Perezida Kagame yakiriye Jean Todt, Intumwa yihariye y’Umunyamabanga Mukuru wa UN