Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Bwa mbere mu mateka umunyarwanda agiye gukina UEFA Champions League
Gushyira isomero muri mudasobwa bizongera ireme ry’uburezi butangwa mu mashuri
Nigeria: Abantu bitwaje intwaro bahitanye abagera ku 8 bashimuta 150
#BAL4: Petro de Luanda na Rivers Hoopers zasanze Cape Town Tigers na Al Ahly Ly muri 1/2 (Amafoto)