Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Menya byinshi kuri Jean Lambert Gatare, umufana ukomeye wa Rayon Sport
Musanze: Nyuma yo gukarishya ubumenyi mu by’amahoteli biyemeje guhindura ibitagenda
Niyonizeye Fred wabaye umukinnyi mwiza wa shampiyona y’u Burundi yumvikanye na Rayon Sports
Maroc: Abantu 8 bishwe n’inzoga, abandi barenga 100 bajya mu bitaro