Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Musanze: Isoko ryitezweho guca akajagari mu bucuruzi bw’Ibiribwa rigiye kuzura (Amafoto)
U Rwanda na Koreya y’Epfo byasinyanye amasezerano mu bucuruzi n’ishoramari
U Bushinwa: Umugabo w’imyaka 35 yavunitse igufa ry’itako kubera gukorora
Muri ishuri twigiraho ubudaheranwa tuvuga iteka- Madamu Jeannette Kagame