Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
Ibitekerezo
Ohereza igitekerezo
|
Kongere y’Igihugu y’Ishyaka Riharanira Demokarasi n’Imibereho Myiza y’Abaturage (PSD) yemeje ko iryo shyaka rizashyigikira Paul Kagame mu matora y’umukuru w’Igihugu ateganyijwe muri Nyakanga 2024.
Perezida w’ishyaka PSD, Dr. Vincent Biruta yagaragaje ko Paul Kagame amaze kugeza Abanyarwanda kuri byinshi kandi ko abayoboke b’Ishyaka PSD biteguye gukomezanya na we, kugira ngo ibyo byiza bikomeze.
|
Bugesera: Ibitaro bya Nyamata byibutse, bigabira inka uwacitse ku icumu
Umuhate wanyu ni uwo gushimwa - Madamu Jeannette Kagame abwira abarangije muri Green Hills Academy
Mozambique: Hon. Tito Rutaremara yatanze ikiganiro ku iterambere ry’u Rwanda
Gahanga: Abo mu madini n’amatorero bibutse, banenga bagenzi babo bijanditse muri Jenoside