Ohereza igitekerezo

Igitekerezo cyanyu kiragaragara kuri Kigali Today nyuma y'isuzuma kandi mu gihe kidatinze. Udashaka ko izina ryanyu rimenyekana wakoresha alias, Turabashimiye.

Ibitekerezo   ( 1305 )

MBANJE KUBASUHUZA.NITWA JANDODIYE NTUYE MUKARERE KA GATSIBO. UMUDUGUDU WANGARAMA.UMURENGE WA KABARORE. MUKAGARI KA NYABIKIRI. AHO BITA MUKARERE .NATWE DUFITE IKIBAZO CYUMURIRO. .MWISANTRE YOMUKARERE NTAMURIRO DUFITE NOMWISANTRE YANGARAMA. KANDI IZINDI SANTRE ZIDUKIKIJE ZIFITE UMURIRO. MWATUBARIJE NATWE TUGAHABWA UMURIRO .UBUTURINYUMA MUMAJYAMBERE KUBERA IKIBAZO CYUMURIRO.MURAKOZE..

habakurama jean dodie yanditse ku itariki ya: 14-02-2022

biragoyepe

gatabazi.korode yanditse ku itariki ya: 30-01-2022

biragoyepe.

gatabazi.korode yanditse ku itariki ya: 30-01-2022

TURASHIMIRA NYAKUBAHWA PAUL KAGAME KOMUDUGUWACUNTAMUNTU IGISABIRIZA TURAMUSABAKOHEREZA UBUTABERAGUKURIKIRANARUSWA

MUGWANEZA INNOCENT yanditse ku itariki ya: 25-01-2022

KIGALITODAY MURI ABANTU BINDASHYIKIRWA MUBINDI BITANGAZAMAKURU BYOSE MU RWANDA.ARIKO MUJYE MUTUGEZAHO AMAKURU MENSHI AVUGWA MURI KAYONZA MU MURENGE WA KABARONDO AKAGALI KA KABURA.NAHANO MURI KAMINUZA Y U RWANDA ISHAMI RYA HUYE MUJYE MUTUGERAHO KUKO TURABKUNDA CYANE.

RUTAYISIRE DIDIER yanditse ku itariki ya: 22-01-2022

Turashimira RAB kubwinyongeramusaruro iduha,tukaboneraho gusaba kobadufasha nogushaka amasoko yibihingwa kuko ibiciro by,amafumbire bikabije kuzamuka bityo bigatera igihombo abahinzi

Faustin HABUMUGISHA yanditse ku itariki ya: 19-01-2022

Uwomujura warwanyije abasirikare kumuhana byaringombwa

Gerard yanditse ku itariki ya: 17-01-2022

Ndi mu karere ka gakenke umurenge wa gashenyi twishimiye uburyo reta yadutekerejeho ikaduh umuhanda uhuza gashenyi na karambo

Nsabimana Dismas yanditse ku itariki ya: 11-01-2022

ndashaka kumenya amakuru yakorona

Orivie yanditse ku itariki ya: 8-01-2022

Ni jack w,I rwamagana turashimira inzego zumutekano byumwihariko abasilikare uburyo bakora akazi muminsi mikuru ya noheri nubunani.murakoze

Ngerageze jack yanditse ku itariki ya: 2-01-2022

𝑴𝒖𝒓𝒂𝒉𝒐 𝒏𝒆𝒛𝒂 𝒏𝒂𝒔𝒉𝒂𝒌𝒂𝒈𝒂 𝒌𝒐 𝒎𝒘𝒂𝒃𝒂𝒛𝒂 𝑷𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒏𝒈𝒐 𝒏𝒖𝒌𝒖𝒃𝒆𝒓𝒊𝒌𝒊 𝒂𝒃𝒂𝒔𝒊𝒓𝒊𝒌𝒂𝒓𝒆 𝒃𝒂𝒛𝒂𝒎𝒖𝒘𝒆 𝒎𝒖𝒎𝒂 𝒓𝒂𝒏𝒌 𝒏𝒐𝒏𝒆 𝒑𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒚𝒐 𝒏𝒕𝒊𝒃𝒆 𝒊𝒛𝒂𝒎𝒖𝒓𝒘𝒂 𝒏𝒌𝒂𝒃𝒂𝒔𝒊𝒓𝒊𝒌𝒂𝒓𝒆 𝒌𝒅 𝒊𝒌𝒊𝒏𝒅𝒊 𝒖𝒎𝒖𝒔𝒉𝒂𝒉𝒂𝒓𝒂 𝒘𝒂𝒃𝒂𝒔𝒊𝒓𝒊𝒌𝒂𝒓𝒆 𝒘𝒂𝒓𝒊𝒚𝒐𝒏𝒈𝒆𝒚𝒆 𝒏𝒂𝒉𝒐 𝒖𝒘𝒂𝒃𝒂 𝒑𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒏𝒕𝒖𝒋𝒚𝒖𝒗𝒂 𝒂𝒉𝒖𝒓𝒊 𝒌𝒅 𝒃𝒐𝒔𝒆 𝒃𝒂𝒌𝒐𝒓𝒆𝒓𝒂 𝒊𝒈𝒊𝒉𝒖𝒈𝒖 𝒖𝒃𝒘𝒐𝒓𝒆𝒓𝒐 𝒏𝒂𝒃𝒂𝒑𝒐𝒍𝒊𝒄𝒆 𝒃𝒂𝒃𝒊𝒕𝒆𝒉𝒐 𝒃𝒂𝒔𝒉𝒂𝒌𝒆 𝒊𝒄𝒚𝒂𝒕𝒖𝒎𝒂 𝒃𝒂𝒈𝒊𝒓𝒂 𝒄𝒐𝒖𝒓𝒂𝒈𝒆 𝒅𝒐𝒓𝒆𝒌𝒐 𝒂𝒉𝒐 𝒖𝒓𝒘𝒂𝒏𝒅𝒂 𝒓𝒖𝒈𝒆𝒛𝒆 𝒏𝒊𝒃𝒐 𝒃𝒂𝒓𝒂𝒇𝒂𝒔𝒉𝒂𝒏𝒚 𝒙𝒐 𝒓𝒆𝒓𝒐 𝒎𝒖𝒃𝒂𝒇𝒂𝒔𝒉𝒆 𝒎𝒖𝒃𝒂𝒃𝒂𝒓𝒊𝒛𝒆.𝒊𝒎𝒑𝒂𝒎𝒗𝒖 𝑴𝒖𝒓𝒂𝒌𝒐𝒛𝒆

𝑨𝒍𝒊𝒂𝒔 yanditse ku itariki ya: 23-12-2021

Murakoze ndashimira polis yakoresheje muri gasabo ntaweyarenganyijepe uwizeneza yayitahanye murakoze

Hakizimana jBosco yanditse ku itariki ya: 14-12-2021

Ndi mumurenge wa Nyabitekeri akarere ka nyamasheke ndashima igikorwa kiza twagejejweho cyo kuduha network iwacu mugihe twari tumaze tudahamagarana nabacu ubu byaracyemutse baduhaye umunara urwanya Vodacom turishimye igisigaye ni umuhanda bushenge-ntango

TUYISHIME Enock yanditse ku itariki ya: 13-12-2021

NDASHAKA KWIGA NIBWO BUZIMA NUBUKUNGU BWIGIHUGU..

P.HIGH yanditse ku itariki ya: 9-12-2021

Nashakaga gukoribuvuguzi kukibazo cyamashanyarazi murenge wa Kinihira Akagari Ka Butunzi umudugudu wa Bunahi muruyu muruyu mudugudu ntamuriro tu gira kandi imiduguduyose duhanimbibi bafitumuriro mudukorere ubuvugizi murakoze,

Nitwa Bitwayiki Phocas yanditse ku itariki ya: 5-12-2021

ndazikund kandi ndazisha

meddy yanditse ku itariki ya: 27-11-2021

Mwiriwe neza? Nifuje kubona urutonde rwabatorewe kuyobora mu karere ka Gicumbi.
Murakoze.

Felicien NDAYISENGA yanditse ku itariki ya: 20-11-2021

AMAKURUYANYU ARADUFASHA.

BYIRINGIRO yanditse ku itariki ya: 27-10-2021

MWARAMUTSE RWAMAGANA RUBONA TUMAZE IMYAKA IRENGA 10 DUSABA AMASHNYARAZI MU KAGALI KA KABATASI IMIDUGUDU IBIRI AGASHARU UMUDUGUDU WIKITEGEREREZO UYU MWAKA NA MIDAHANDWA DUKIKIJWE NAMASHANYARAZI CYARUHOGO,I MABARE I RUSENYI NA NO KUBIRO BYUMURENGE IYO MIDUGUDU YOMBI NIYO YASIGAYE HAGATI NTAMURIRO DUFITE MURAKOZE

RAFIKI yanditse ku itariki ya: 26-10-2021

Twishimiye kubaruriya rugomero rugiyegutangira gukora bizateza imbere ibibihugu by a EAC

Amani yanditse ku itariki ya: 17-10-2021

Nshimiye urwo rubyiruko rwo mu karere ka Gicumbi kuri ibyo bikorwa bakoze ni rukomereze aho kuko ni urubyiruko rurashoboye kandi nirwo mbaraga zigihugu. Murakoze.

Maniragaba jean Damascene yanditse ku itariki ya: 10-10-2021

National examinations,2020/2021

Ihimbazwe divin yanditse ku itariki ya: 5-10-2021