Yanditswe ku itariki ya: 16-10-2011 - Saa: 16:45'
Ibitekerezo
(
1
)
u Rwanda ruteganya vuba aha gutera ibiti bigera kuri miliyoni 67. Umunyamabanga uhoraho muri minisiteri y’amashyamba n’umutungo kamere (MINIRENA) Caroline Kayonga, yabitangaje kuri uyu wa gatandatu ubwo yahaga ikiganiro abayobozi bo mu Karere ka Rwamagana mu ntara y’uburasirazuba.
|