Imodoka yuzuye inzoga bivugwa ko yaguye mu kiyaga cya Kadiridimba ntivugwaho rumwe

Yanditswe ku itariki ya: 5-05-2013 - Saa: 08:31'
Ibitekerezo ( 11 )

Ikiyaga cya Kadiridimba cyo mu murenge wa Rwinkwavu mu karere ka Kayonza kivugwaho kuba kibitse imodoka y’ikamyo yuzuye inzoga za byeri na kigingi wa yo baguyemo mu myaka myinshi ishize.

Musafiri Kabemba ari mu bantu bacye bakiriho babanye n’umwami Rudahigwa

Yanditswe ku itariki ya: 25-04-2013 - Saa: 15:11'
Ibitekerezo ( 5 )

Umukambwe Musafiri Kabemba utuye mu karere ka Ngoma ni umwe mu bantu bake baba bakiriho babanye n’umwami wa nyuma wayoboye u Rwanda Mutara wa III Rudahigwa (Charles Léon Pierre).

Amwe mu matariki yaranze Jenoside yakorewe Abatutsi mu mwaka wa 1994

Yanditswe ku itariki ya: 10-04-2013 - Saa: 10:03'
Ibitekerezo ( 5 )

Nubwo Jenoside yakorewe Abatutsi yateguwe kuva cyera, urupfu rwa Perezida Habyarimana rwabaye imbarutso yo kwica Abatutsi ku mugaragaro. Dore amwe mu matariki yabayeho ubwicanyi bukomeye.

Amateka y’umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin

Yanditswe ku itariki ya: 14-02-2013 - Saa: 15:23'
Ibitekerezo ( )

Umunsi w’abakundana witiriwe Saint Valentin wizihizwa tariki 14 Gashyantare buri mwaka. Uwo munsi urangwa n’uko abakundana bibuka urukundo rwabo basangira, basohokana cyane cyane bahana impano zitandukanye ziganjemo indabyo.

Yezu ashobora kuba ataravutse tariki 25 Ukuboza

Yanditswe ku itariki ya: 26-12-2012 - Saa: 09:49'
Ibitekerezo ( 1 )

Bitabo by’intumwa Matayo, Mariko, Luka na Yohana bivuga cyane ku ivuka rya Yezu nta tariki ihamye bavuga ko Yazu yavukiyeho.Ivuka rya Yezu ngo ryabaye mu gihe cy’itangwa ry’umusoro wari warategetswe n’umwami w’abami w’i Roma Augusto Cesar.

Gisagara: Umurongo wa telefoni itishyurwa wagiriye abaturage akamaro

Yanditswe ku itariki ya: 23-10-2012 - Saa: 16:51'
Ibitekerezo ( )

Abaturage b’akarere ka Gisagara bemeza ko telefoni itishyurwa akarere kabashyiriyeho abaturage mu rwego rwo gukumira no kurwanya ruswa n’akarengane uborohereza gusiragira mu buyobozi kandi n’ibibazo batanga bigakemurwa.

Yihakanye uwo yabyaye animisha na nyina ibyo yagombaga guhabwa nk’abandi batishoboye

Yanditswe ku itariki ya: 15-09-2012 - Saa: 16:14'
Ibitekerezo ( 5 )

Umubyeyi witwa Maniraguha Patrisiya utuye mu mudugudu wa kabuye akagari ka gako, umurenge wa Rusiga, mu karere ka Rulindo, ashinja umuyobozi w’umudugudu w’aho atuye kwihakana umwana babyaranye no gushaka kumunaniza mu kubona inkunga y’abatishoboye.

Barasaba ko ba kavukire boroherezwa ntibakomeze kwimurwa mu mijyi

Yanditswe ku itariki ya: 15-06-2012 - Saa: 18:42'
Ibitekerezo ( 1 )

Kavukire azimurwa kugeza ryari? Iki kibazo cyibajijwe n’abakozi bo mu turere tw’Intara y’Amajyepfo bari bateraniye mu nama yari yatumijwe n’Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere imiturire.

Abantu 9 bashakishwa cyane na ICTR na USA bashinjwa kugira uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi

Yanditswe ku itariki ya: 16-10-2011 - Saa: 13:55'
Ibitekerezo ( 6 )

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zishyize ingufu mu guta muri yombi Abanyarwanda 9 bashinjwa kuba baragize uruhare muri Jenoside yakorewe abatutsi mu Rwanda muri Mata 1994. Abo bose igihugu cya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika cyashyizeho igihembo kingana na miliyoni eshanu z’amadolari ku muntu wese uzafata cyangwa akagira uruhare mu itabwa muri yombi ry’umwe muri abo 9.

Inkuru zikunzwe cyane
1
2
3
4
5
My District Today
Rwanda Districts
Kigali Today on Facebook
Visit us on
kigali today on youtube kigali today on twitter kigali today on facebook
Kwamamaza
districts rwanda
Newsletter
Kigali Today Mobile